Uwitwa Niyigena Angelique yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko izina “Angelique” akayasimbuza izina “Redempta” mu mazina asanzwe yitwa bityo amazina ye akaba Niyigena Redempta
mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko ari izina yabatijwe
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi:
Ndabasuhuje? Nabasabaga ko mwanfasha mukambwira inzira unyuramo kugirango umuntu ahinduriwe izina naho wabariza.murakoze ,naho