Print

Reba uburanga n’imiterere bidasanzwe by’umunyarwandakazi ukunzwe n’ibyamamare birimo Diamond na Drake[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 23 October 2020 Yasuwe: 9979

Ntabwo ari abo gusa bamukurikira kuko nabandi benshi bingeri zitandukanye baramukurikira ndetse usanga badahwema no kumugaragariza ko bamukunze ’LIKE’ banyuze kurizo mbuga nkoranya mba ze.

Ahanini uyu mukobwa w’umunyarwandakazi mu bintu bituma akunzwe cyane n’ibyamamare ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram,harimo imiterere y’umubiri we ndetse n’uburanga bwe butangarirwa n’abatari bake.

Yolo ni umwe mu bakobwa bake b’abanyarwanda bigaragaje ku mbuga nkoranyambaga ko bakunzwe n’ibyamamare ku Isi,nyuma ya ShaddyBoo na Kate Bashabe,kuko nabo byagiye bigaragara ko bakundwa n’ibyamamare byiganjemo n’abakinnyi bo mu makipe y’umupira w’amaguru akomeye yo ku Isi.

Aha tukaba twabakusanyirije amwe mu mafoto agaragaza uburanga n’imiterere bya Yolo:






Comments

23 October 2020

Ikirumbo gusa, ubuse ubwiza bwe buri he?