Print

Abayobozi mu nzego nkuru z’igihugu berekeje I Nyagatare mu gusinya imihigo [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 30 October 2020 Yasuwe: 2285

Aba bayobozi mu nzego zitandukanye bahagukuriye i Kigali mu buryo bwa rusange, mu mvura nyinshi yaramukiye i Kigali, berekeza i Nyagatare mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020, nibwo iki gikorwa kirabera i Nyagatare muri Epic Hotel mu gihe mbere cyaberaga mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko.

Muri Kanama 2019 nibwo uyu muhango wagombaga kuba gusa usubikwa ku busabe bwa Perezida Kagame wifuje ko inzego zitandukanye zafata umwanya zikinjizamo ibindi bikorwa bikenewe, bityo imihigo ikaba umusemburo w’iterambere ry’imibereho myiza y’abaturage.













Amafoto ya Kigali Today