Print

"Akarayifumbwe": Rwa rukingo rwa Kanseri y’umura ngo rwaba rutera abakobwa gushaka gusambana cyane

Yanditwe na: Ubwanditsi 22 November 2020 Yasuwe: 4404

Hari amakuru ko rwa rukingo rwa kanseri y’umura rumaze igihe rugeragerezwa mu Rwanda ku bana b’abakobwa n’abangavu rwaba rubatera ubushake bukomeye bwo gukora imibonano mpuzabitsina. Iki kikaba gishobora kuba kiri no mu bizamura imibare y’abana b’abakobwa batwita. Ibi byatangajwe n’umunyamakuru Mugabe Robert ubwo yari mu kiganiro Akarayifumbwe. Ikiganiro cyagarukaga kuri raporo ya Sena ku kibazo cy’imibare ikomeje kuzamuka y’abana b’abakobwa.basambanywa ndetse n’abaterwa inda

Nta kintu Minisante iratangaza ku miterere n’ingaruka uru rukgo rumaze igihe rugeragerezwa mu Rwanda, gusa amakuru ni uko hari ibihugu byamaze kuruhagarika.

Kurikira ikiganiro cyose hano