Print

Umukobwa wo muri Nigeria yaciye ibintu kubera amafoto agaragaza uburanga bwe yashyize hanze [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 14 December 2020 Yasuwe: 4858

Uyu Ella Okafor yatangiye kwifashishwa mu kwamamaza ibigo bitandukanye,kujya mu matangazo yo kwamamaza ndetse na bamwe mu bahanzi batangiye kumushyira mu mashusho y’indirimbo zabo.

Amafoto y’uyu mukobwa yaciye ibintu yashyizwe hanze n’umukinnyi wa Filimi witwa Yaa Jackson wo muri Ghana wavuze ko ari inshuti ye.

Aya mafoto ya Ella uyu Yaa Jackson yashyize hanze ni amwe mu yari guca ibintu hirya no hino mu binyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye.

Uyu Yaa Jackson ni umwe mu bakinnyi ba Filimi muri Kumawood akaba n’umuhanzi uzwi muri Ghana ariko kuri Instagram yahisemo gusakaza amafoto y’uyu mukobwa



Comments

Alias 15 December 2020

Ngo yaciye ibintu?! Ibihe se. Abanyamakuru ntimugakabye rwose.