BBC Swahili yamusanze mu Mujyi wa Dar-Es Salaam avuga ko iri taka aza kurigura mu mujyi nibura rimwe mu cyumweru. Ati ” Iyo ntariye itaka mba numva hari ikibura. Natangiye kurya itaka mfite imyaka hagati ya 6 na 7 ubwo nari ntangiye amashuri abanza.”
Nyina ati ” Ubwo yakambakambaga yaryaga ibitaka, akuze akomeza kubikora, niyo wamutumaga ku isoko, yazaga afite ibitaka mu ntoki. “
Muganga mu Bitaro bya Dar-Es Salaam ushinzwe kurwanya indwara zo munda, Dr. Nyagori Haruna avuga ko kurya ibitaka “Bishobora gutera umuntu indwara zo munda.”
Igitsinagore benshi igitaka kirabahumurira cyane kimwe n’ibumba, ibumba ryo bararirya benshi.
Igitsinagore benshi igitaka kirabahumurira cyane kimwe n’ibumba, ibumba ryo bararirya benshi.