Print

Umugore yatangaje benshi kubera ubwinshi bw’itaka arya

Yanditwe na: Martin Munezero 2 January 2021 Yasuwe: 2817

BBC Swahili yamusanze mu Mujyi wa Dar-Es Salaam avuga ko iri taka aza kurigura mu mujyi nibura rimwe mu cyumweru. Ati ” Iyo ntariye itaka mba numva hari ikibura. Natangiye kurya itaka mfite imyaka hagati ya 6 na 7 ubwo nari ntangiye amashuri abanza.”

Nyina ati ” Ubwo yakambakambaga yaryaga ibitaka, akuze akomeza kubikora, niyo wamutumaga ku isoko, yazaga afite ibitaka mu ntoki. “

Muganga mu Bitaro bya Dar-Es Salaam ushinzwe kurwanya indwara zo munda, Dr. Nyagori Haruna avuga ko kurya ibitaka “Bishobora gutera umuntu indwara zo munda.”


Comments

Mahoro 3 January 2021

Igitsinagore benshi igitaka kirabahumurira cyane kimwe n’ibumba, ibumba ryo bararirya benshi.


Mahoro 3 January 2021

Igitsinagore benshi igitaka kirabahumurira cyane kimwe n’ibumba, ibumba ryo bararirya benshi.