Print

Umugore wicuruza amagambo yavuze ubwo yerekanaga inzu y’igitangaza yujuje yakoze benshi ku mutima

Yanditwe na: Martin Munezero 3 January 2021 Yasuwe: 7613

Uyu mugore mukumurika iyi nzu yasutse amarira menshi ashima Imana yamufashije muri kano kazi kabi ko gucuruza umubiri, mu magambo ye make akaba yasabye ababonye inzu yujuje ko batamwishinga kuko bihira bake dore ko anashima ko mu myaka irenga 10 akora ubu buraya atigeze yanduriramo Sida nizindi ndwara.

Abantu benshi bashimiye uyu mugore kubera imbaraga nyinshi yakoresheje ndetse bamusaba ko yayoboka inzira y’amasengesho umuvumo yavanye mu buraya ngo utazakurikirana n’abazamukomokaho bose.

Ikindi abantu bamushimiye nuko ntawe yigeze asaba ko nawe yakora akazi yakoze kugira ngo abe yakubaka iyi nzu,bitewe nuko nawe abizi neza ko ari akazi ko kurwana n’urupfu ndetse n’ubuzima,aho akenshi urupfu arirwo ruba rufite amahirwe menshi ku buzima bwe.