Print

Reba ibimenyetso bishobora ku kwereka umukobwa ushobora kwitwara neza mu gihe cyo gutera akabariro ukurikije uko umubona mu buzima busanzwe

Yanditwe na: Martin Munezero 4 January 2021 Yasuwe: 6409

Iyo abashakanye buzuzanya mu gihe cyo gutera akabariro usanga urwo rugo ruhora rutuje mbese nta makimbirane aturuka mu byabereye ahiherereye arangwa muri urwo rugo, n’iyo mpamvu rero uyu munsi tugiye kwibanda cyane ku bimenyetso bishobora kukwereka umukobwa wagufasha kugira icyo wimarira mu gihe mwaba mu rushinze , ari n’abyo umukobwa wese agomba kugerageza kwitaho kugirango azabashe gushimisha umukunzi we mu gihe azaba yafashe umwanzuro wo kubana n’uwo adashaka gutakaza mu gihe cye asigaje ku isi.

Mu muco wacu wa kinyarwanda ubundi uvuga ko iyo umukobwa yagize amahirwe yo kubana na Nyirasenge akamuha impanuro z’uko bita ku mugabo uwo mukobwa aba ashobora kuba yakwitwara neza mu gikorwa cyo gutera akabariro gusa nanone ibi ntawabishingiraho kuko hari nigihe wasanga na Nyirasenge ari inyanda muri icyi gikorwa.

Bityo rero uyu munsi twagukoreye ibimenyetso bishobora ku kwereka umukobwa ushobora kwitwara neza mu gihe cyo gutera akabariro ukurikije uko umubona mu buzima busanzwe.

1. Umukobwa ubasha kwiterura si unanutse gusa, kuko hari umukobwa uzasanga ananutse ariko nta gatege yigirira kimwe nuko uzabona umukobwa ubyibushye cyane kandi ahorana ingufu n’imibaduko. Umukobwa ugenda asodoka uwo nta kigenda, ahubwo wa mukobwa ubona yiterura akava hasi, akihuta mbese ukabona yiyoroshya nk’ibaba kabone nubwo abyibushye, uwo aba yaryoshya imibonano.

2. Umukobwa ufite umubiri worohereye nk’isashi irimo amazi, ufite hagati y’amaguru hegeranye, ufite ku kiziba cy’inda hasa nk’ahabyimbye uwo aba aroshya imibonano.

3. Umukobwa ugira ubukirigitwa, kandi akagira amarangamutima menshi (sentiments and emotions). Wa mukobwa urizwa n’ubusa, yababara akarira yakwishima akarira.


Comments

4 May 2021

Ngo numukobwa useka amatama agahombana nawe aryoshya ibintu kuko aba afite amazi ahagije.