Print

Bahamagaye polisi ko inzu iri gushya ihageze isanga ba nyirayo bari gutera akabariro

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 11 January 2021 Yasuwe: 4324

Abaturage bari hanze nibo bahamagaye nimero 999 batabaza polisi ko habaye gushya ku muhanda batuyeho ariko bari bibeshye kuko nta nkongi y’umuriro yari ihari.

Ubwo abantu benshi bari bahuruye baje kureba icyabaye kuri iyi nzu,barebeye mu idirishya ry’iyi nzu babona umugore n’umugabo bari kwiterera akabariro.

Uwari aho hantu hari hakoraniye abantu benshi yagize ati “Nabanje kutizera amaso yanjye.Hari umwijima ndetse n’itara ryakaga nabi.

Bari bafite imbaraga.kubera ko ivi ryanjye ryakutse inshuro 3 zose,kureba uko bakoraga imibonano mpuzabitsina batumye numva uburibwe mu ngasire y’ivi.”

Byarangiye polisi yigendeye kuko yasanze abaturage bibeshye bakayihuruza nta nkongi y’umuriro uhari.