Print

ShaddyBoo yahawe urwamenyo yibasirwa bikomeye nyuma yo kuvuga uburyo ari we watumye Diamond amenyekana[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 20 January 2021 Yasuwe: 5718


Mu magambo ye bwite, Shaddyboo yagize ati: “Harya Diamond ntabwo nawe yamenyekanye kubera njyewe 2! 🤔naho ubundi, Indirimbo ze nawe yari kuba aziyumvira🤔”.Nyuma yuko Shaddyboo yigambye ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana, abafana be bamubwiye ibi bikurikira:

Nubundi Diamond ntiyakwiyemeraho amaturu umaze gutanga aruta Hit amaze gukora.....Uziko aribyo,mumenye kubera ko umuvuze Hahahaha......ShaddyBoo mbona ubwenge bwawe butangiye gushibuka pe,gira ububagare naho ubundi buramerana ibyatsi....Aho rwose uvuze ukuri mukecu,ahubwo reba undi muhanzi umuremere...Wikikina wa kana we,ari wowe na Diamond uwabanje mu kibuga ninde?Ese nubundi ko wabihakanaga mbere,ubu wemeye ko uri International Bitch!!?Uzanabishyire muri Biography yawe,ahubwo uzashyireho na Office.

Ari wowe se na Diamond umu-star ninde?Ariko ShaddyBoo urikina weee!!Uri mwiza byo ,hari intabwe wowe utabasha gutera....Kandi ShaddyBoo wowe nutivumbura Ahaaa....Hhhhh ushatse kuvuga ko ari wowe wamwakije!!?genda wa mukobwa we uri igitangaza....Njye mbona utanarenze iyo utaba indaya ntawari kukumenya wowe,wowe uri Chip cyane .....Ariko ntukihamagare ngo ukabye!!kubera wowe se uri Youtube cyangwa Sportify!!?

Ngaho baguhe agasheke ube urya cyangwa baguhe akagori ube urya...Ariko ShaddyBoo buriya Gapfizi yakuriye nk’amaturu angahe....Wowe se ko wifitiye inyama ihenze bakunda cyane,ahubwo tugiye kubahindurira izina tubite Abanyama kubera Boucher zanyu...Nibyo rata nanjye menyekanisha nitwikire i Dubai.

Shaddyboo yagiye agirana umubano wihariye na Diamond Platnumz ndetse no mu ngendo nyinshi Diamond Platnumz yakoreraga mu Rwanda, Shaddyboo yabaga amuri hafi buri gihe. Si ibi gusa kuko Diamond Platnumz yajyaga anamutumira muri Tanzania mu birori bitandukanye birimo ndetse n’ibirori by’isabukuru ye y’amavuko.