Print

Umunyamideli w’uburanga wakundanye na Rutahizamu wanyuze muri Chelsea yahishuye ko yakundaga indaya bikabije [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 23 January 2021 Yasuwe: 4391

Uyu munyamideli Manuela yatangaje byinshi ku mubano we na Huguain wakiniye amakipe nka Juventus,Napoli,AC Milan ubu uri muri MLS mu ikipe ya Inter Miami, mu kiganiro cy’umupira w’amaguru gikunzwe mu Butaliyani cyitwa Tiki Taka.

Yagize ati “Mu minsi yashize nagiranye umubano na Huguain.Ntabwo twigeze twambikana impeta ariko twamaze amezi menshi duteretana.Byarangiye kubera ko yari afite umukunzi.

Yakundaga gushaka cyane indaya.”

Uyu mukobwa abajijwe niba yarangiranye umubano na Huguain ubwo yari muri Napoli yagize ati “Oya byabaye nyuma.Icyo gihe yari I Milan.

Uyu Manuela yakundanye n’umukinnyi w’umunya Portugal witwa Ricardo Quaresma wakundaga uko yamutekeraga.

Manuela avuga ku rukundo rwe na Ricardo Quaresma yagize ati “Twamaze amezi 8 dukundana.Yakundaga uko namutekeraga.”





Manuela yavuze ko Huguain yakundaga indaya cyane