Print

Huddah Monroe Umunya-kenyakazi ufite imiterere idasanzwe y’ikibuno yasubije ibibazo bitandukanye birimo n’abifuje kumenya niba koko ari Indaya

Yanditwe na: Martin Munezero 11 February 2021 Yasuwe: 4242

Mu kiganiro cy’ibibazo n’ibibazo, Madamu Monroe yamaganye abamunenga bamushinja ko ari indaya i Dubai, avuga ko amagambo nkaya avugwa gusa n’abantu bababaye kandi bafite ishyari.

“Uri indaya?” Umufana abaza Huddah Monroe!

Madamu Monroe yamusubije agira ati: “Ibyo n’iby’abantu bababaye, bafite ishyari iyo babonye umukobwa ukiri muto wateye imbere akora ibintu bye. Banga ibyo badasobanukiwe. Ahubwo ibyo nkora n’igituba cyanjye nta n’umwe bireba… Tekereza icyo ushaka cyose ”

Huddah Monroe uri i Dubai kuva muri Gashyantare umwaka ushize, avuga ko ntakimwihutisha gusubira mu rugo. Ndetse yemeje ko yagurishije inzu ye ya Nairobi.

Undi mufana ati: “Uraza murugo ryari ko tugukumbuye?”.

Huddah Monroe asubiza ati: “Isi ni iwanjye. Sinkigira ahantu runaka nita murugo. Ahantu hose numva mfite amahoro. Ibintu. Kandi nishimiye ni iwanjye kuri njye ”.

Yongeyeho ati: “Sinkigira inzu muri Kenya, naragurishije”.