Ibi birori byabereye murugo rw’uyu munyacyubahiro, byari byatumiwemo abantu bahafi ye, barimo abagize umuryango we n’abantu b’inshuti ze magara.
Abitabiriye ibi birori bafatanyije na Perezida gukata umunsi w’ibyishimo bamwifuriza gukomeza kuramba agakomeza akayobora igihugu cya Cameroon.
Paul Biya yavutse taliki ya 13 Gashyantare 1933 ni umunyapolitiki wamamaye cyane muri Kameruni yabaye perezida wa Kameruni kuva ku ya 6 Ugushyingo 1982 kugeza uyu munsi aracyayoboye.