Myugariro w’umunyarwanda #Manzi Thierry ari mu bakinnyi 8 bashimiwe(basezerewe) n’ikipe bakinagamo ya FAR Rabat yo muri Maroc.
Aba bakinnyi 8 babwiwe ko nta masezerano mashya bazahabwa ahubwo...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “ FERWAFA”, ryatangaje ko riri gukurikiranira hafi ikibazo cy’imyinjirize cyagaragaye kuri Stade ya Huye ku mukino Mukura VS yanganyije na APR...
Rayon Sports yegukanye Super Cup inyagiye APR FC ibitego 3-0 bituma benshi mu bakunzi ba ruhago bayishimira uko yitwaye ndetse n’abakunzi ba ruhago bagaragaza amarangamutima...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ubuyobozi bwa APR FC bwasuye iyi kipe mbere y’uko itangira shampiyona yuyu mwaka wa 2021/2022.
Ubuyobozi bw’iyi kipe buyobowe n’umuyobozi w’icyubahiro w’iyi...
Ikipe ya APR FC yamaze kuzana umutoza mushya wungirije witwa Pablo Morchon ukomoka mu gihugu cya Argentina usanzwe ari kabuhariwe mu kongerera ingufu...
Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya APR FC yakoze imyitozo yayo ya mbere, iri kumwe n’abatoza bashya berekanwe ku mugaragaro ku mugoroba w’ejo ku wa gatanu.
Ku munsi w’ejo Taliki ya 11 Kanama 2017 nibwo ikipe ya APR FC yasinyishije umunyezamu Rwabugiri Omar wakuriye mu ikipe ya APRFC amasezerano y’imyaka 2 imukuye mu ikipe ya Musanze yafatiraga mu...