Umukobwa umaze kugaragara cyane mu mashusho y’abahanzi batandukanye, Iradukunda Pacifique Gasaro Jessica, avuga ko hari abahanzi bashatse ko baryamana bari mu ifatwa ry’amashusho akabatera utwatsi...
Umuhanzi Juno Kizigenza yunze murya Knny Sol yikoma abo yise abakomisioneri mu muziki nyarwanda ngo babeshya ko abahanzi bose ari abasinzi bagamije kubanyunyuza imitsi no kugwiza ifaranga mu...
Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana ni bamwe mu bantu baba bakagombye kwitwararika no kwera imbuto bikomeye kuko baba bazwi n’abantu benshi ,nyamara iyo urebye ubona imyitwarire ya...
Aline Gahongayire wahamagariwe kuramya no guhimbaza Imana, yatangaje ko kudahabwa agaciro nk’abahanzi byabereye muri Rwanda Gospel Stars Live yaririmbyemo Rose Muhando, byiyongereye mu byamubabaje...
Luckyman ukora muri RBA, kuri iki Cyumweru yavuze ko yumva abahanzi bose baba hanze y’u Rwanda bagaruka bagakorera umuziki wabo mu gihugu, kuko byazamura umuziki Nyarwanda ku rwego...
Umunyamakuru ukunzwe cyane w’Imyidagaduro kuri Kiss FM Sandrine Isheja yahawe imirimo mu nama y’igihugu y’abahanzi.
Amezi abaye atatu Sandrine Isheja na Jean Michel Habineza bari mu kazi ko...
Iki gitekerezo natekereje kucyandika nyuma yo gusobanukirwa byinshi kuri gahunda ya made in Rwanda no kubona byinshi mu bikorwa n’abahanzi nyarwanda , Mbona bisa n’ibisubiza inyuma gahunda ya made...
Umuhanzi Tom Close uri mubahanzi nyarwanda bubatse izina mu myidagaduro y’u Rwanda yavuze ko abahanzi barimo Kitoko, Meddy, The Ben, Miss Jojo na Rafiki ari bo bashoboraga kumutwara igihembo cya...
Gael Karomba benshi bazi nka Coach Gael akaba umujyanama wa Bruce Melodie yafunguye inzu, ahamya ko izajya ifasha abahanzi bo mu Rwanda no mu Karere bajyaga bagorwa no kubona aho bakorera...
Ku mubugankoranyambaga hamaze iminsi hacicikana u buumwa butandukanye bwo kwitana ba mwana hagati y’aba Djs n’Abahanzi bavuga gushyigikirana kwabo kuri hasi kandi ko ntaho byageza iterambere...
Abasitari mu njyana y’umuziki wa Tanzania uzwi nka "bongo flava" barimo gushimisha imbaga mu bikorwa byo kwamamaza mu matora babinyujije mu ndirimbo bakoze.
Isango Star igiye gushimira abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2021 binyuze mu ‘Isango na Muzika Awards’ , ibihembo byatangiye gutangwa mu 2020 ndetse abahanzi bari guhatana batangajwe.Ibi bihembo...
Muyoboke Alex uzwi cyane mu myidagaduro kubera ko yagiye aba umujyanama w’abahanzi batandukanye yibukije abahanzi bose ndetse n’urubyiruko ko ari inshingano zabo mu kurwanya abagerageza kugoreka no...
Umunyarwenya Eric Omondi yibasiye abahanzi bo muri Kenya barimo Will Paul, Bahati abashinja ko kuba bararetse umuziki w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana biri mu bituma Igihugu cyabo cya...