Imikino Olempike yatangiye kera cyane ariko na nubu ikundwa na benshi mu batuye isi kubera ko buri mukino wose uba uhari gusa benshi mu bayikinnye n’abakiyikina bemeza ko ubusambanyi buyiberamo...
Ikipe ya Rayon Sports imenyereweho kugira udushya dutandukanye,yatangaje ko muri uyu mwaka igiye gushinga ibiro abakinnyi bazajya bahuriramo bakareba imikinire ya mukeba ndetse...
Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard yarakariye cyane abakinnyi be bitwaye nabi bakanganya ibitego 2-2 n’ikipe ya Arsenal yakinnye ari abakinnyi 10 guhera ku munota wa 26 w’umukino wa Premier...
Mu myaka yashize,ikipe ya Arsenal yafataga kurangiza muri bane ba mbere muri Premier League nk’igikombe cyayo, ariko abakinnyi bamwe bakunze guhura na Arsene Wenger igihe yagurishaga abakinnyi...
• Shampiyona y’Ubwongereza iyoboye izindi mu kugira amakipe afite abakinnyi bahenze uramutse ugurishije ikipe yose icyarimwe
• Real Madrid iri ku mwanya wa 6 kubera kugira abakinnyi bakuze
• Amakipe...
Hashize iminsi abakinnyi ba Arsenal batameranye neza n’ubuyobozi bw’ikipe kubera ko bwabasabaga kugabanya umushahara kugira ngo burebe ko bwagabanya ibihombo ikipe yatewe na Coronavirus gusa...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze umwiherero w’umunsi umwe, bahura n’abakinnyi kugira ngo hategurwe umwaka w’imikino wa 2020/2021.
Ni umwiherero wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama...
Ikipe ya Rayon Sports yasubukuye imyitozo yitegura imikino yo kwishyura ya Shampiyona y’u Rwanda mu gihe bamwe mu bafana bari bazi ko abakinnyi bagiye mu...
Kizigenza mu ikipe ya Portugal na Juventus,Cristiano Ronaldo yahishuye ko nubwo ku isi hari abakinnyi bakiri bato benshi ariko abona Haaland na Mbappe aribo bari...
Umutoza wa Manchester United Jose Mourinho yatangaje ko nyuma y’aho abakinnyi be banze gukina ibyo yabasabye, agiye kujya akinisha abakinnyi bafite imitima yo kwitangira ikipe nibinashoboka nawe...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus yavuze ko mu ikipe ya Real Madrid harimo abakinnyi bagiriraga ishyari ibyo yagezeho ndetse ko mu makipe yose yakiniye Juventus ariyo ifite...
Ni kenshi uzasanga hari abakinnyi barekana itsinzi mu buryo butandukanye aho kuri izo mpamvu.Ihuriro ry’amashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu Burayi, UEFA, ryafatiye ibihano Ishyirahamwe ry’umupira...
Abahoze bakinira Manchester United Paul Scholes na Rio Ferdinand bibasiriye umutoza Jose Mourinho na bamwe mu bakinnyi be nyuma yo gusezererwa na Sevilla Fc ibatsindiye iwayo ibitego 2-1....
Ikipe ya Manchester City ishobora gufatirwa ibihano byo kutagura abakinnyi mu isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu mpeshyi y’uyu mwaka ndetse n’iryo muri Mutarama umwaka utaha kubera...
Uyu munsi nibwo Rayon Sports irerekeza muri Algeria gukina umukino wa 4 wa CAF Confederations Cup izahuramo na USM Alger aho bivugwa ko ishobora kutajyana abakinnyi 18 kubera amafaranga menshi...
Rayon Sports yaraye yerekeje mu gihugu cya Sudani gukina umukino wo kwishyura wo mu ijonjora ryibanze ryo kwerekeza mu matsinda ya CAF Champions League idafite abatoza bayo 2, barimo uwongerera...
Mu gihe isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ku isi ririmbanyije,ikipe ya Arsenal ikunze kunengwa na benshi uko yitwara ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi iri gutegura gusinyisha...
Umutoza mushya wa FC Barcelona,XAVI yiteguye gukaza amategeko agenga abakinnyi be kugira ngo agarure ibihe byiza muri Barcelona, nyuma yo kuyobora imyitozo ye ya mbere nk’umutoza.
Uyu mutoza...
Amakuru aravuga ko ikipe ya Rayon Sports iri muri gahunda yo gutiza abakinnyi bane (4) mbere y’uko shampiyona itangira mu rwego rwo kugabanya abakinnyi ifite barimo...