Ku munsi w’ejo taliki ya 26 Ukwakira 2017, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryahagaritse umusifuzi wo ku ruhande Hakizimana Ambroise kubera uburangare yagize ku gitego cya...
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 27 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe umukino ukomeye ubimburira iyo ku munsi wa 4 wa shampiyona aho umutoza Jimmy Mulisa yatangaje ko atitaye ku mateka y’uko APR FC...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon sports Ndayishimiye Eric Bakame aratangaza ko kuba ikipe ya Rayon Sports idafite ikibuga cyo gukoreraho imyitozo ari ikibazo kibagoye ndetse asaba ubuyobozi bwa Rayon...
Umukinnyi Yannick Mukunzi ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports ntazagaragara mu mukino iyi kipe izahuramo na Kirehe FC ku wa Gatandatu taliki ya 28 Ukwakira 2017.
Uyu musore wagiriye imvune mu...
Ikipe ya Rayon Sports yamaze kuvuza myugariro wayo Rwatubyaye Abdul wari umaze igihe afite imvune mu ivi ikomeye yakuye mu mukino Rayon Sports yatsinzemo Bugesera igitego 1-0 mu kwezi kwa Gatatu...
Ikipe ya Kiyovu Sports na APR FC zamaze kumvikana ku kibazo cya Ombolenga wasinyiye ikipe ya APR FC agifite amasezerano muri Kiyovu ndetse biza kurangira aya makipe yombi amutanze ku rutonde...
Umukinnyi Nsengiyumva Mustapha rutahizamu wa Police FC yatangaje ko akumbuye imipira yahabwaga na Kwizera Pierrot ubwo bakinanaga mu ikipe ya Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize.
Uyu musore...
Mu ijoro ryakeye nibwo FIFA yatoye umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku isi aho iki gihembo cyegukanywe na Cristiano Ronaldo wagitwaraga ku nshuro ya 5 agahigo yahise anganya n’umunya...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko atari kureka ngo Bizimungu Ally wa Bugesera FC akubite Nahimana Shassir kandi ari umukinnyi we byatumye amusanga aho yari ahagaze ibyari umupira...
Umusore Mugisha Samuel watwaye irushanwa rya Rwanda cycling Cup kuwa Gatandatu taliki ya 21 Ukwakira 2017 ubwo abasore 30 bazatorwamo 15 bazitabira Tour du Rwanda bahatanaga kuva Nyanza...
Ikipe ya Rayon Sports yabonye umuyobozi nyuma y’inama rusange yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 22 ukwakira 2017 ikemeza Paul Muvunyi nka Perezida wayo asimbuye kuri uyu mwanya Gacinya Chance...
Umutoza Masudi Djuma yitwaye neza mu mukino wa mbere nk’umutoza wungirije muri Simba SC ubwo banyagiraga ikipe ya Njombe Mji ibitego 4 ku 0,umukino wabereye kuri Uhuru Stadium.
Masudi wagizwe...
Umutoza w’ikipe ya APR FC Mulisa Jimmy aratangaza ko impamvu ituma Sekamana Maxime ataba umukinnyi ukomeye mu Rwanda ari uko adahora mu bihe byiza ndetse n’ibibazo by’imvune byamwokamye. Uyu musore...
Umusore Mathieu Riebel umufaransa w’imyaka 20 yagonzwe n’ingobyi y’abarwayi (Ambulance) ubwo yari mu irushanwa rya Tour de Nouvelle Caladonie ku munsi w’ejo taliki ya 20 Ukwakira 2017 aho yari imbere...
Ikipe ya APR FC iraza gucakirana na AS Kigali ku mukino w’umunsi wa 3 wa shampiyona ubimburira iyindi aho amakipe yombi araba arwanira kurara ku mwanya wa mbere by’agateganyo dore ko amakipe yombi...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri taliki ya 18 Ukwakira 2017 nibwo hatangiye imikino ya shampiyona ya Basketball muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika NBA ikunzwe na benshi ku isi aho ikipe ya Girden...
Amakuru agera ku Umuryango ni uko ikipe ya Kirehe FC ifite ibibazo bikomeye by’amikoro aho benshi mu bakinnyi bayo batarahabwa amafaranga yo kubagura (Recrutements) ndetse no kuba iyi kipe...
Ikipe ya Rayon Sports ibashije gutsinda Kiyovu Sports ku munsi wa kabiri wa shampiyona ibitego 2-0,ikomeza gushimangira ubukaka bwayo kuri iyi kipe yambara icyatsi n’umweru nyuma yo kuyimanura mu...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Ukwakira nibwo hateganyijwe isubukurwa rya shampiyona y’Ubwongereza igeze ku munsi wa 8 aho hitezwe umukino ukurikirwa n’abantu benshi mu Bwongereza uhuza...
Ibitego bya Mico Justin na Songa Isaie nibyo bitumye ikipe ya Police FC ibona amanota 3 yayo ya mbere muri shampiyona y’uyu mwaka 2017-2018 nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ku mukino wa mbere...
Umutoza Jimmy Mulisa aratangaza ko adatewe ubwoba n’ikipe ya Marines FC bazahura ku wa Gatandatu,nubwo umutoza wayo Rwasamanzi Yves azi byinshi ku ikipe ye cyane ko umwaka w’imikino ushize yawumaze...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko nubwo ikipe ya Kiyovu Sports yiyubatse uyu mwaka biteguye kuyitsinda bakabona amanota 3 ku nshuro y mbere dore ko umukino wa...
Ubwo umukino wahuzaga Isiraheri na Espagne kuri uyu wa mbere Taliki ya 08 Ukwakira 2017 ku kibuga Teddy Stadium iherereye mu mugi wa Jerusalem,abafana 6 bahise binjira mu kibuga aho harimo umwe...
Myugariro w’ikipe ya Rayon Sports n’Amavubi Rwatubyaye Abdul ashobora kutazigera akandagira mu kibuga muri uyu mwaka wa 2017 ndetse no mu ntangiriro z’uwa 2018 kubera ikibazo cy’imvune afite...
Ikipe ya APR FC ishobora kwibikaho abakinnyi 3 barimo Tuyisenge Jacques,Kagere Meddie na Mugiraneza Jean Baptiste bakina mu ikipe ya Gor Mahia yo muri Kenya iri hafi kwegukana igikombe cya...
Uruganda rwa SKOL rwamaze gushyikiriza ikipe ya Rayon Sports akabari ko kuyifasha gukomeza gutera imbere nyuma yo kububakira ikibuga cy’imyitozo giherereye mu kagari ka Nzove, umurenge wa...