skol
Kigali

Search: Active (163)

Active, Bruce na Charly&Nina bagiye guhurira ku rubyiniro rumwe na Runtown i Kigali

Abahanzi nyarwanda barimo Bruce Melodie, Charly& Nina na Active nibo byamaze kwemezwa ko bazahurira ku rubyiniro rumwe na Runtown, Sheebah Karungi ndetse na Allan Toniks mu gitaramo...
3 August 2017 333 0

Itsinda rya Active ryari rikumbuwe ryagarutse mu muziki n’amasezerano mashya

Itsinda rya Active ryari rikumbuwe n’abenshi mu muziki , rwawugarutsemo rihita risinya amasezerano y’imyaka 3 na na kompanyi nshya mu muziki yitwa Dondada...
2 November 2021 558 0

Derek wo muri Active yavuze ku rukundo rw’agahararo afitanye na Marina[AMAFOTO]

Nyuma y’igihe gito hasakaye inkuru ivuga iby’urukundo rw’ibanga hagati ya Derek Sano wo mu itsinda rya Active n’umuhanzikazi Marina, ndetse bigateza impaka hagati y’abakunzi babo bamwe bemeza ko ari...
28 July 2018 1579 0

Kwibuka 23: Active na Yvan Buravan bashyize ahagaragara Amashusho y’indirimbo “ Ihorere”

Murwego rwo kwifatanya n’abanyarwanda muri iki gihe turimo cyo kwibuka kunshuro ya 23 jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, Iri tsinda rya Active rigizwe n’abasore 3 bifatanyije na Yvan...
11 April 2017 690 0

Kwibuka 23: Itsinda rya Active na Yvan Buravan bakoze indirimbo "Ihorere" yo guhumuriza imitima y’Abanyarwanda

Murwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda muri rusange iri tsinda rya Active rigizwe n’abasore 3 ryashyize hamwe n’ undi musore uzwi nka Yvan Buravan bakora indirimbo ihumuriza Abanyarwanda muri ibi...
8 April 2017 548 0

Tizzo [Active] yagaragaje ikimenyetso cy’uko yasimbuje Miss Belyse

Mugiraneza Thierry uzwi ku izina rya Tizzo, umwe mu basore batatu bagize itsinda ry’abaririmbyi Active, yashyize hanze ikimenyetso cyerekana ko yinjiye mu rukundo n’umukobwa mushya atifuje...
2 January 2017 2084 0

Miss Vanessa amaze umwaka n’igice ari gukundana n’umusore mushya uri kumwibagiza ibihe byiza yagiranye na Olvis wo muri...

Miss Vanessa yavuze ko amaze igihe kingana n’umwaka n’igice ari mu rukundo n’umusore wasimbuye Olivis ndetse ko yiteguye kumugaragaraza mbere yuko uyu mwaka wa 2019...
9 March 2019 4616 0

Olvis wo muri Active yavuze ku mubano we na Miss Vanessa n’umukunzi we mushya

Olvis yavuze ko kuri ubu Miss Vanessa yiyongereye ku rutonde rw’inshuti ze zisanzwe ndetse ko kuri ubu ari mu rukundo na Muzika.
22 October 2018 2942 0

LIVE: Bidasubirwaho, Dream Boys yegukanye Primus Guma Guma Super Star 7 (Amafoto)

Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka. Uyu mugoroba...
24 June 2017 3442 0

Teta Sandra yeretse Derek ko uwamukunze ntaho yagiye

Umunyamideli Sandra Teta wamamaye cyane ubwo yari mu rukundo na Derek, yongeye kwerekana ko akimuzirkana ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko. Uyu mukobwa uherutse gufungurwa nyuma yo...
16 August 2017 1907 0

Miss Vanessa yatunguwe no kuba amezi 7 ashize nta musore umusabye urukundo

Miss Vanessa Raissa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya nyampinga w’u Rwanda muri 2015, yatangaje umubare w’abasore bamaze gukundana anavuga ko ashaka kuzasubira mu rukundo nyuma y’imyaka ibiri....
12 December 2017 1164 0

Icyo Derek yakundiye umukobwa yasimbuje Miss Teta Sandra

Umuririmbyi Derek Sano ubarizwa muri Active yemeje ko yasubiye mu rukundo n’umukobwa atifuza kuvuga ibarambuye kuri we ariko ngo mu byo yamukundiye harimo no kuba afite ubumuntu butandukanye...
11 February 2018 3407 0

Economist at BNR :Deadline: for Application: Jan 7, 2024

The Economist is responsible for conducting policy-oriented research, producing and presenting various economic reports and policy briefs
4 January 2024 221 0

Ama G witegura gukora ubukwe yatangaje Marraine we

Hakizimana Amani wamamaye nka AmaG The Black yatangarije imbere y’imbaga yabitabiriye imurikwa rya Album ya Aline Gahonganyire ko yamaze kubona Marraine we kandi ko bari kumwe, abari aho...
27 October 2017 1878 0

Amafoto yaciye ibintu: Umugabo yatunguye imbaga y’abantu n’amafoto yambaye uko yavutse

Mu mafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga turasangamo agaragaza umugabo washyize hanze amafoto ye hanze yambaye ubusa ,umukobwa yagaragaje imyambarire idasanzwe mu mashusho ya active ,Young...
10 July 2018 4308 0

Marina yagize icyo avuga ku mubano we na Derek bivugwa ko bakundana

Marina yavuze ko ari inshuti bisanzwe na Derek wo muri Active.
26 July 2018 1507 0

Tizzo ari mumunyenga w’urukundo na Miss Miss Mutesi Aisha[AMAFOTO]

Umuhanzi Tizzo wo muri Active yashyize ku mugaragaro ko ari murukundo na Miss Mutesi Aisha witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2017, nyuma y’igihe kinini bakundana mu ibanga...
5 May 2021 2340 0

Sandra Teta yongeye kugaragara yishimanye na Derek bakundanye

Sandra Teta yongeye kugaragara yahuje urugwiro na Derek wo muri Active bakanyujijeho mu rukundo nyuma y’imyaka myinshi batagararagara mu ruhame bari kumwe.
23 January 2023 1066 0

Bruce Melody niwe muhanzi wegukanye PGGSS ku nshuro yaryo ya 8 [ AMAFOTO]

Umuhanzi Bruce Melody yegukanye PGGSS ku nshuro ya 8 aho ahigitse abahanzi 9 bari bahanganye.
14 July 2018 4207 0

A very dangerous practice. If you sleep with your phone then read this message!

Staying reachable at any time is important to you. Still, keeping your cell phone on all night, under your pillow or on your bedside table, is not necessarily the best idea. What do you really...
21 July 2018 1412 0

Five things that the Third Chamber of Deputies will be remembered for

The Third Chamber of Deputies was dissolved on Thursday as Rwandans prepare for parliamentary elections due September 2-4. The outgoing Lower House distinguished itself in many ways, ranging from...
11 August 2018 298 0

Japan & Rwanda launched digital program for transforming Primary Mathematics Education through...

The Director General of Rwanda Education Board (REB) Dr. Irénée NDAYAMBAJE, Chief Representative of Japan International Cooperation Agency (JICA) in Rwanda, Mr. Hiroyuki Takada, and Mr. Kenya...
11 October 2018 581 0

#Kwibuka28: Umunyamakuru Rucky Nzeyimana yahurije hamwe abahanzi batandukanye basura Urwibutso rwa...

Umunyamakuru Rucky Nzeyimana yahurije hamwe abahanzi bagera kuri 13 barimo Juno Kizigenza, Bull Dogg, Ish Kevin, Kenny K Shot, Bushali, Papa Cyangwe, Confy,Gabiro Guitar,Active, Diplomat,B-Threy,...
12 April 2022 454 0

Programme Manager at British High Commission (BHC) | Kigali :Deadline: 27-02-2024

The British Government is an inclusive and diversity-friendly employer. We value difference, promote equality and challenge discrimination, enhancing our organisational...
15 February 2024 41 0

Urutonde rw’abahanzi bakanyujijeho mu bihe byashize ubu bakaba baraburiwe irengero(Video)

Urutonde rw’abahanzi bakanyujijeho mu ruhando rwa Muzika Nyarwanda batakigaragara kandi nyamara bari bakunzwe cyane ndetse abantu bababonagamo ishusho nziza mu gihe kiri...
25 May 2022 2343 0

Urutonde rw’abahanzi batanze ibyishimo ubu bakaba baraburiwe irengero(Video)

Bamwe mu bahanzi batanze ibyishimo ku Banyarwanda n’indirimbo zabo zikaba zigikoreshwa cyane ku bashaka kwiyibutsa ibihe byiza by’ahashize ariko ubu bakaba baraburiwe...
11 January 2023 2014 0

Bahugiye mu biki? Bamwe mu bahanzi batanze ibyishimo ku Banyarwanda bakaba batakigaragara(VIDEO)

Umuziki ni kimwe mu bintu bitanga ibyishimo cyane ku bantu bikaba akarusho iyo ababikora babikunda kandi baharanira kuticisha irungu abakunzi babo gusa hari n’abagenda ku mpamvu zitandukanye...
5 April 2023 1458 0

GIRL Technical Lead at British High Commission (BHC) | Kigali: Deadline: 27-02-2024

View Vacancy – GIRL Technical Lead – Rwanda, East and Central Africa (02/24 KG) The British Government is an inclusive and diversity-friendly employer. We value difference, promote equality and...
15 February 2024 22 0

Knowless yavuze ku itsinzi ya Dream Boys bagezeho biyushye icyuya nyuma y’imyaka itandatu

Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya...
26 June 2017 3007 0

Shaddy Boo yashize hanze ifoto igaragaza ikibuno cye bamwe bagirira impuhwe uwo babyaranye(AMAFOTO)

Umunyamideli Shaddy Boo wahoze ari umugore wa Producer Meddy Saleh banafitanye umwana, arimo kwamamara cyane kubera amafoto n’amashusho ashyira ku mbuga nkoranyambaga. Uyu mugore yashyize hanze...
24 July 2017 14252 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150