Producer Li John wari umaze igihe kinini akorana na nyakwigendera Jay Polly kuri Album ye nshya 10 yacumi yise “Inkuta Enye” yavuze byinshi kuri iyo Album ye anavuga ku ndirimbo yagombaga gushora...
Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yakuwe mu ndirimbo yari arimo iri kuri album nshya ya Nel Ngabo yise ‘RNB360’ , nyuma y’aho byari byatangajwe ko agomba kuba umwe mu...
Umuririmbyi w’umuhanga w’Umubiligi ukomoka mu Rwanda, Paul Van Haver, wamamaye nka Stromae, yatangaje ko Album ye nshya yise ‘Multitude’ agiye gushyira hanze irimo uruhurirane rw’ibikoresho...
Umuraperi J.cole uri kubarizwa hano mu Rwanda, yamaze gusohora Album ye nshya ya Gatandatu yitwa “The Off-season” iriho indirimbo 12 , yakoreye muri Studio ya...
Judith Niyonizera wamenyekanye cyane nk’umugore wa Safi Madiba yabaye uwa mbere watanze miliyoni 1 Frw agura album ‘Fatalogy’ yakozwe n’umunyamakuru w’imyidagaduro kuri Flash FM na Flash TV, Sengabo...
Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi yatangaje ko yamaze kunoza no gutunga album nshya yise ‘Intashyo’ agomba kumurika tariki ya 10 Ukuboza 2017.
Ibi...
Umuraperi Munyurangabo Steven uzwi cyane mu muziki nka Siti True Karigombe yatangaje ko agiye gushyira ahagaragara umuzingo w’indirimbo [album] we wa mbere yise “Ikirombe cya Karigombe” ufite...
Asinah umaze hafi umwaka yinjiye muri muzika mu njyana ya Dancehall, akomeje gukora cyane ngo agaragaze ko ari umuhanzi ufite ejo hazaza heza. Indirimbo yise ‘Iz’ubu’ yakoranye na Spaxx niyo...
Amafoto yamamaza album y’umuhanzikazi Demi Lovato wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahagaritswe mu Bwongereza kubera ko yabangamiye imyemerere y’abakiristu bo muri icyo...
Yvan Buravan ugiye gushyira hanze Album ye ya mbere hanze yise The Love Lab izaba iriho indirimbo 17 z’urukundo gusa. Aho azayimurika taliki ya mbere Ukuboza uyu mwaka...
Umuraperi Munyurangabo Steven uzwi cyane mu muziki nka Siti True Karigombe yashyize hanze indirimbo "Ipikipiki"yakoranye na Hope Irakoze,yabaye iya mbere ku zizajya kuri Album ye ateganya...
Fanny Neguesha yamamaye cyane ubwo yakundanaga na rutahizamu mpuzamahanga w’umutaliyani Mario Baloteli. Uyu mukobwa ukomoka kuri nyina w’umunyarwandakazi na se w’umutaliyani, ariko akaba yaravukiye...
King James yavuze ko yongeye gusubika igitaramo cyo kumurika album ye nshya cyari giteganyijwe mu kwezi k’ Ukuboza uyu mwaka aho yavuze ko byatewe nuko yashakaga kureba uburyo bwiza umuntu...
Kuwa gatanu w’icyumweru dusoje nibwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya RAP muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ‘Kanye West yashyize hanze Album ye ya 2 yise “ Jesus is King”, ikaba yarateye urujijo...
Album ‘Twaje’ ya nyakwigendera Yvan Buravan yagizwe iy’umwaka mu bihembo bya Kiss Summer Awards 2022 byatanzwe ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 30 Ukwakira...
Umuraperi Joseph Haule uzwi nka Professor Jay ku izina rye agiye kumurika Album nshya nyuma y’igihe kinini atagaragara muri muzika ugereranyije n’ imyaka ishize ndetse na nyuma y’imyaka hafi ibiri...
Ruhumuriza James benshi bazi nka King James, umuhanzi umaze kuba ubukombe muri muzika nyarwanda, yatangaje abahanzi bazamurekereza mu karere ka Rubavu anavuga uko ibiciro bihagaze kugirango...
Umuhanzi Rihanna ukunzwe n’abatari bake muri Leta zunze ubumwe za Amerika, arashinjwa n’abafana be kubifatira akababeshya ko yiteguye kubagezaho Album ye nshyashya mu mpera ya 2019, bakaba...