Mu minsi ishize Ali Saleh Kiba uzwi nka ”Alikiba” ubwo yari kuri Radiyo Citizen 106.7 Fm yo muri Kenya mu kiganiro kitwa “Mambo Mseto”, yasobanuye byinshi ku ndirimbo ye nshya yise “Mediocre”, yavuze...
Umuhanzi ukora umuziki wa Bongo Fleva uzwi nka AT yatangaje imvano y’urwango ruba hagati y’Abasitari babiri b’abanyamuziki aribo Diamond Plutnumz na mugenzi we Alikiba. AT yavuze ko urwango rwabo...
Umuyobozi mukuru wa Kings Music Records Ali Saleh Kiba uzwi ku izina rya Alikiba yateje impagarara abantu batangira kwibaza nyuma yo kwibasira bakeba be Diamond Platnumz na Harmonize mu ndirimbo...
Umuhanzi Ali Kiba uri mu bakunzwe muri Tanzania yamaze kumvikana n’ikipe ya Coastal Union FC ikina umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere muri Tanzania kuyikinira nk’uwabigize...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Uwahoze ari umukunzi w’umuririmbyi Harmonize wo muri Wasafi Records, yigambye kugirana umubano wihariye n’abahanzi bakomeye muri Tanzania barimo Diamond na Alikiba mu bandi bagabo yahuye na bo...
Abahanzi bane bo mu Rwanda, bashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira ibihembo bikomeye bitangirwa mu gihugu cya Uganda byiswe ’HiPipo Music Awards’ bizatangwa i Kampala ku nshuro ya 6.
The Ben,...
Umuhanzi Diamond Platnumz yatangaje ko impamvu iri gutuma benshi mu bahanzi bo muri Tanzania bashaka ku bwinshi abakobwa bo muri Kenya ari ubuhanga bafite mu gushimisha abagabo mu gutera...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ni we muhanzi nyarwanda umwe uri ku rutonde rw’abahatanira ibihembo mpuzamahanga ku rwego rwa Afurika byitwa AFRIMMA 2020. Kuri urwo rutonde kandi hariho...
Umuhanzi Ali Saleh Kiba uzwi nka Ali Kiba umusore wavukiye mu gihugu cya Tanzania hamenyekanye amazina y’ umukobwa bagiye gukorana ubukwe buteganyijwe kuzaba Taliki 2 Werurwe 2018 uyu mwaka....
Umuhanzi Harmonize uri mu bakunzwe bazamukiye mu nzu ya Wasafi [WCB] iyoborwa na Diamond Platnumz yamaze kwandika ibaruwa isaba ko basesa amasezerano bafitanye agatangira gukora nk’umuhanzi...
Umuhanzi Diamond wari waje mu gitaramo African Giant cyari kuba ku munsi w’ejo ku Cyumweru, asubiye muri Tanzania muri gahunda zijyanye na Wasafi Festival akaba ari bugaruke mu gitondo kugira ngo...
Umuhanzikazi akaba n’umunyamideli ukomeye muri Tanzania Hamissa Mobetto yihanije abakomeje kuvuga k’umuhungu we bibaza se nyakuri mu gihe we avuga ko yamubyaranye na Diamond ariko bikaba bikomeje...
Nyuma y’ukwezi kumwe Miss Umutesi Lea Byusa akoze ubukwe na Peter Nasasira bakozeibirori bigaragaza ko bari kwitegura kwibaruka bizwi nka’Baby Shower’.
Umutesi Léa uri mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2021 yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we Peter Nasasira bamaranye igihe mu munyenga...