Uwitwa NKUBITO Alphonse yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe MUGISHA ALPHONSE mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza amazina akaba ari uko ari izina...
Munyantwali Alphonse uheruka kugirwa Perezida wa Police FC na Gacinya Denis wigeze kuyobora Rayon Sports, bari mu batanze kandidatire zo kujya muri Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira...
Munyantwali Alphonse wamenyekanye muri politiki arahabwa amahirwe mensho yo kuba umuyobozi mushya wa FERWAFA,nyuma y’iminsi Nizeyimana Olivier wayiyoboraga yeguye.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya...
Umusore n’ umukobwa bo mu murenge wa Kamabuye mu karere Bugesera bafite gahunda yo gusezerana kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Ugushyingo 2018 bageze kuri centrale basanga padiri yagiye, bamwe mu...
Iki gitekerezo natekereje kucyandika nyuma yo gusobanukirwa byinshi kuri gahunda ya made in Rwanda no kubona byinshi mu bikorwa n’abahanzi nyarwanda , Mbona bisa n’ibisubiza inyuma gahunda ya made...
Mu murenge wa Kamabuye umusaza witwa Munyankumburwa Emmanuel, w’imyaka 66, yapfuye atemaguwe n’umuhungu we Niyonsenga Kevin ufite uburwayi bwo mu mutwe.
Ibi byabereye mu kagali ka Biharagu ,...
Ejo nibwo nasomye mu bitangazamakuru inkuru yasakaye ku amagambo yatangajwe na Apôtre Joshua Ndagijimana Masasu , uyobora itorero Evangelical Restoration Church ubwo yari gutanga inyigisho...
Umwana witwa Tuyishimire Alphonse watorotse Gereza y’Abana ya Nyagatare yagororerwagamo,yafatiwe mu Karere ka Gatsibo nyuma yo gutoroka ku munsi w’ejo ari kumwe na mugenzi...
Mu rwego rwo gukomeza gushishikariza abanyarwanda kwirinda, gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge no gushaka ingamba zo kubica burundu, inzego za Leta zirimo Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, iy’...
Ku mugoroba wo ku itariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo nibwo yibarutse umwana w’imfura w’umuhungu ku musore w’umukinnyi Ndanda Alphonse yanahishuye ko n’umwana yabyaye ariwe basa cyane,gusa uburyo...
Amazina yahawe n’ababyeyi ni Butera Alphonse Masamba naho ay’ubuhanzi ni ’Masamba Intore" yamaze kugera ku mugabane w’ i Burayi mu gihugu cy’u Bubiligi aho yageze ku wa mbere tariki ya 05 Nzeri uyu...
Mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Ugushyingo saa cyenda Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafashe, Turikumwenimana Alphonse w’imyaka 32,...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC) kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Nyakanga ryafashe itsinda ry’abantu Batanu bacyekwaho kuba bibaga za Moto mu Mujyi wa Kigali....
Ku munsi w’ejo tariki ya 02 Ugushyingo 2020, Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, Munyantwari Alphonse yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yamaze guhishura ko mu gihe yari atwite yabaye mu buzima bwifuza kurya Biscuit za Compat kurigata ibumba no gushaka ko umugabo we amuhora...