Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...
Mu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu...
Mwiseneza Josiane wakunzwe mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bikamuhesha ikamba rya Miss Popularity yatangaje ko ari gutegura isiganwa ry’amagare rizamufasha gutambutsa ubutumwa bujyanye...
Kuri uyu wa 18 Gashyantare, 2018 Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, Bayingana Aimable yatangaje ko inama bagiriwe n’abaganga arizo zatumye umukobwa witwa Girubuntu...
Abanyeshuri babiri barimo Ariane na Louange biga muri GS Rusiga mu karere ka Rulindo bagaragaje imyitwarire myiza mu gihe cya Tour du Rwanda 2021,ubwo bahuraga n’amagare ntibigere bayarangarira,...
Aimbable Bayingana wari perezida w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n’ihohotera rishingiye ku gitsina...
Ku wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga 2023, Abakuru b’Imidugudu 602 batangiye guhabwa amagare azabafasha mu kunoza akazi kabo no kurushaho kwegera abaturage, basabwa...
Perezida w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare,Murenzi Abdallah,yamaze impaka abibaza igikunzwe hagati y’ikipe ya Rayon Sports yabereye umuyobozi ndetse n’umukino wo gusiganwa ku magare...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza neza umushinga wo gutanga amagare ku baturage bajyaga kuvoma amazi ya Nyabarongo bakaribwa...
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare, Aimable Bayingana, yongeye gutorerwa kuba mu bagize Inama y’Ubutegetsi y’Ishyirahamwe ry’uyu mukino ku mugabane wa Afurika.
Ku mwanya wa...
Niyonkuru Samuel ukinira ikipe y’Amagare ya Inovotec yegukanye Kivu Belt Race 2023 atanze ku murongo Muhoza Eric ukinira Bike Aid yo mu Budage. Ni irushanwa ryabaye kuri iki Cyumweru.
Ni...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi gahunda zafashwe...
Umukinnyi wabigize umwuga mu mukino wo gusiganwa ku magare witwa Oscar Sevilla ukomoka muri Espagne ariko akaba atuye muri Colombia,yatezwe n’abajura ubwo yari mu myitozo bamwambura igare rye...
Umwuka si mwiza mu ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) aho Visi Perezida wa mbere ndetse na Visi Perezida wa 2 bashinja Perezida w’iri shyirahamwe Aimable Bayingana kubayoboza...
Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi ikina irushanwa rya Cascade Classics ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe ryasojwe ku cyumweru taliki ya 23 Nyakanga aho itahanye umwanya wa...
Urutonde rw’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare ku isi ‘UCI’ rwagiye ahagaragara, rusize umunyarwanda Areruya Joseph ku umwanya wa kabiri muri Afurika, Team Rwanda iza ku mwanya wa gatanu.
Areruya...
Umunyarwanda witwa Uhiriwe Byiza Renus yegukanye Umudari wa Zahabu muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare iri kubera mu Misiri aho yabaye uwa mbere mu gusiganwa umuntu ku giti cye mu...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje gukora amateka mu marushanwa nyafurika yo gusiganwa ku magare kuko mu batarengeje imyaka 23 yatwaye imidali ya zahabu mu bahungu...