Umuyobozi mushya w’intara y’Amagepfo,Madamu Kayitesi Alice yatangaje ko yiteguye gukora ibishoboka byose akihutisha imishinga yose yadindiye muri iyi ntara azi neza cyane kuko yari umuyobozi...
Icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
Ku rusengero rwa ADEPR Gisagara, ruherereye mu murenge wa Ndora inkuba yakubise abantu bane ku Cyumweru tariki 11 Werurwe 2018, umwe ahita yitaba Imana
Ibi bibaye nyuma y’uko kuri uyu wa 10...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasubije Gatabazi Jean Marie Vianney ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru na ho Kayitesi Alice agirwa Guverineri w’Intara...
Umukecuru witwa Niyitanga Esperance n’ abana be batatu bacumbikiwe kuri sitasiyo ya polisi ya Runda mu karere ka Kamonyi bakurikiranyweho urupfu rw’ umugabo we bikekwa ko yaba yariyahuye cyangwa...
Ikipe yitwa FC Seoul yo mu gihugu cya Koreya y’Amagepfo yasabye imbabazi abakunzi ba ruhago nyuma y’aho ikoze agashya ikuzuza mu myanya y’abafana ibipupe byifashishwa mu gutera akabariro ngo bizibe...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gatobotobo mu Karere ka Huye,intara y’Amagepfo afunzwe akurikiranweho icyaha cyo kugerageza kwaka ruswa ishingiye ku gitsina umukobwa utuye mu kagari...
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko yakubitiye inshuro inyeshyamba za CNRD cyangwa FDLR ahitwa Katasomwa mu birindiro byazo byo muri Kalehe mu ntara ya Kivu...
Abanyarwanda basaga 1900 barimo abarwanyi ba FDLR n’abo mu miryango yabo baherutse gufatirwa muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amagepfo, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,...
Mu mudugudu wa Kadahokwa, Akagari ka Ryakibogo Umurenge wa Gishamvu mu karere ka Huye mu ntara y’ amagepfo, umuryango wa Sekora Louis na Nyirasafari Antonia ubayeho mu buzima buteye ishavu...
Umuyobozi w’ ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda Dr Frank Habineza wari waniyamamarije kuba Perezida w’ u Rwanda mu matora yabaye umwaka ushize ntabigereho yagaragaraje...
Rutahizamu w’ikipe ya Tottenham,Heung Min Son uri mu bahagaze neza mu Bwongereza akubutse mu myitozo ya gisirikare mu gihugu cye cya Koreya y’amagepfo yakoreyemo ibitangaza kuko mu bizamini byose...
Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara wigambye ibitero bitandukanye byagiye bigabwa n’umutwe wa FLN yari abereye umuvugizi mu gice cyegereye Pariki y’Igihugu ya Nyungwe no mu ntara y’Amagepfo, muri...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Gatobotobo mu Karere ka Huye,intara y’Amagepfo witwa Kanyarubindo Jean Baptiste yakatiwe igifungo cy’imyaka 7 azira kwaka ruswa y’igitsina umukobwa wo mu...
Hashize iminsi abaturage bo mu karere ka Gisagara na Nyaruguru bugarijwe n’ ikibazo cy’ amabandi yitwaza intwaro ziganjemo iza gakondo yirara mu ngo zabo akabasahurira imitungo aya mabandi yamaze...
Kuri uyu wa Kane taliki ya 11 Mata 2019,Urwego rw’ Igihugu rw’ Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko mu minsi ine ishize kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi bitangiye abantu 39 bamaze...
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu ntara y’ amagepfo yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu barindwi bakekwaho kwica umukozi wa banki ya Kigali ishami rya Buhanda mu karere ka Ruhango bakaniba...
Umugore witwa Maurina Musisinyana yakoze igikorwa cy’ubutwari ubwo yakuraga umwana we mu kanwa k’ingona yari imaze kumutwara imukuye aho yari amusize ari gukinira hafi...
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Burundi Bwana Deo Guide Rurema yatangaje ko ikibazo cy’inzige zikomeje kwibasira ibihugu byo muri EAC bo bakiboneye umuti kuko nizigera mu gihugu cyabo nta kindi...