Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
Mu kiganiro aherutse kugirana na BBC, Tibor Nagy, umunyamabanga wungirije wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika yagize ati: “Igihe kirekire cyane abashoramari bakomanze ku...
Umusirikare w’Amerika Travis King, mu kwezi kwa Nyakanga (7) uyu mwaka wahungiye muri Koreya ya Ruguru avuye muri Koreya y’Epfo, ubu ari mu maboko y’Amerika nyuma yuko yirukanwe na Koreya ya Ruguru,...
Umubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. Abakurikiranira hafi ibya politiki baravuga ko bishobora kubyara intambara y’ amasasu.
Ku wa Kabiri w’...
Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
Leta zunze ubumwe za Amerika yashyize mu bikorwa icyemezo yarafashe cyuko bimwe mu bicuruzwa u Rwanda rwohereza muri Amerika bitazongera kuvanirwaho amahoro binyuze mu masezerano y’ubucuruzi...
Perezida Donald Trump udahwema kwibasira itangazamakuru yatangiye kugaba ibitero kuri Radio Ijwi rya Amerika (VOA), arishinja guha ijambo cyane abanzi b’igihugu ndetse ntiyatinya no kuvuga ko ibyo...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahamagariye mu buryo butaziguye abaturage ba Amerika gukomeza gufasha ibihugu bya Ukraine na Isiraheli mu ntambara...
Nyuma y’uko Amerika yabaye nk’ikojeje agati mu ntozi igatangaza ko Donald Trump yategetse igisirikare cye kohereza ‘Rocket’ k’umujenerali ukomeye wa Iran Gen Qassem Soleimani, Amerika yahise isaba...
Hashize isaha irengaho gato izuba rimaze kurasa ku itariki ya 31 y’ukwezi kwa karindwi, umukuru wa al-Qaeda w’igihe kirekire Ayman al-Zawahiri yaratambutse asohoka mu nzu yerekeza ku ibaraza...
Amerika ivuga ko yagabye ibitero by’indege ku bubiko bubiri bw’intwaro n’amasasu mu burasirazuba bwa Syria, bukoreshwa n’umutwe wa Revolutionary Guards wo mu ngabo za...
Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomoka mu gihugu cya Slovenia bahawe ubwenegihugu bw’Amerika mu ibanga.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye abacamanza b’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC) ko bazafungwa nibibeshya bagakurikirana ibyaha by’intambara abanyamerika bakoreye ku butaka bwa...
Kuri tweet, Zhao yashyize ahagaragara amashusho y’umuyobozi w’ikigo cy’Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara atanga ubuhamya imbere ya Kongere ko bamwe mu Banyamerika bakekwaho kuba...
Perezida Donald Trump yateye intambwe ikomeye, mu buryo bw’inyandiko, ku bijyanye na gahunda ye yo gukura Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima...
Umwuka mubi ushobora kubyara intambara hagati ya Iran na Leta zunze ubumwe za Amerika ukomeje gututumba aho iki gihugu cya Iran cyatangaje ko Amerika niramuka ibamisheho ibisasu barahita berekeza...
Leta zunze ubumwe za Amerika zagabye ibitero by’indege ku mitwe ifashwa na Iran ikorera muri Iraq na Syria, nk’uko bitangazwa n’ibiro by’ingabo za Amerika,...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gukemura ibibzo mu mahoro hatitabajwe imbaraga za gisirikare, ariko nibyanga Amahanga azabona ubukaaka...
Umugore w’umucuruzi kabuhariwe w’ibiyobyabwenge, El Chapo Guzmán, kuri ubu ufungiye muri muri Amerika, niwe wishyikirije ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuwa Kabiri ushize, ashaka kurinda...
Inama y’i Genève (Geneva) mu Busuwisi yo kuri iyi tariki ya 16 y’ukwa gatandatu hagati ya Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin na Perezida w’Amerika Joe Biden, ntabwo iba mu mwuka...
Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu...