skol
Kigali

Search: Amerika (6549)

Menya ubwirinzi buhambaye inzego z’ubutasi zikoresha kugira ngo zirinde Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za...

Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
13 September 2018 9726 0

Amerika ifite impungenge ko Ubushinwa bwabaye inshuti magara ya Afurika

Mu kiganiro aherutse kugirana na BBC, Tibor Nagy, umunyamabanga wungirije wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ibibazo bya Afurika yagize ati: “Igihe kirekire cyane abashoramari bakomanze ku...
11 October 2020 2174 0

Umusirikare wahunze Koreya y’Epfo ajya mu ya Ruguru yisanze yageze muri Amerika

Umusirikare w’Amerika Travis King, mu kwezi kwa Nyakanga (7) uyu mwaka wahungiye muri Koreya ya Ruguru avuye muri Koreya y’Epfo, ubu ari mu maboko y’Amerika nyuma yuko yirukanwe na Koreya ya Ruguru,...
28 September 2023 1490 0

Umwuka mubi wadutse hagati y’ Amerika n’ u Burusiya ushobora kubyara intambara y’ amasasu

Umubano wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika n’ igihugu cy’ u Burusiya wongeye gusubira irudubi. Abakurikiranira hafi ibya politiki baravuga ko bishobora kubyara intambara y’ amasasu. Ku wa Kabiri w’...
31 July 2017 1875 0

Dore ibintu bikomeye byagiye bishwanisha Amerika n’ u Burusiya

Umubano w’u Burusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni uwa kera, ariko wakomeje kugenda uzamba uko imyaka yahitaga indi igataha. Mu ntambara y’isi yose ibihugu byombi byari bifatanyije kuyirwana...
1 August 2017 1387 0

Intambara y’ Ubucuruzi Amerika yashoje ku Rwanda, u Rwanda rumaze iminsi rwitegura kuyirwana

Leta zunze ubumwe za Amerika yashyize mu bikorwa icyemezo yarafashe cyuko bimwe mu bicuruzwa u Rwanda rwohereza muri Amerika bitazongera kuvanirwaho amahoro binyuze mu masezerano y’ubucuruzi...
1 August 2018 4316 0

Rurageretse hagati ya Donald Trump na na Radio Ijwi rya Amerika ’VOA’

Perezida Donald Trump udahwema kwibasira itangazamakuru yatangiye kugaba ibitero kuri Radio Ijwi rya Amerika (VOA), arishinja guha ijambo cyane abanzi b’igihugu ndetse ntiyatinya no kuvuga ko ibyo...
20 April 2020 2324 0

USA: Prezida ysabye Abanyamerika bose Gufasha Ukraine na Isirayeri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yahamagariye mu buryo butaziguye abaturage ba Amerika gukomeza gufasha ibihugu bya Ukraine na Isiraheli mu ntambara...
20 October 2023 837 0

Nyuma y’uko Amerika yabaye nk’ikojeje agati mu ntozi,Abanyamerika basabwe kuva muri Iraq igitaraganya

Nyuma y’uko Amerika yabaye nk’ikojeje agati mu ntozi igatangaza ko Donald Trump yategetse igisirikare cye kohereza ‘Rocket’ k’umujenerali ukomeye wa Iran Gen Qassem Soleimani, Amerika yahise isaba...
3 January 2020 4229 0

Amerika yongereye ingabo muri Syria nyuma yo gukozanyaho n’Uburusiya

Amerika yongereye abasirikare isanzwe ifite muri Syria nyuma yuko gukozanyaho kwa hato na hato n’abasirikare b’Uburusiya kongereye ubushyamirane muri icyo...
19 September 2020 2849 0

Uko Amerika yishe umuyobozi wa Al Qaeda wenyine kandi yari kumwe n’Umuryango we

Hashize isaha irengaho gato izuba rimaze kurasa ku itariki ya 31 y’ukwezi kwa karindwi, umukuru wa al-Qaeda w’igihe kirekire Ayman al-Zawahiri yaratambutse asohoka mu nzu yerekeza ku ibaraza...
3 August 2022 3531 0

Amerika yarashe ku bigo byo muri Syria bikoreshwa n’imitwe ikorana na Iran

Amerika ivuga ko yagabye ibitero by’indege ku bubiko bubiri bw’intwaro n’amasasu mu burasirazuba bwa Syria, bukoreshwa n’umutwe wa Revolutionary Guards wo mu ngabo za...
27 October 2023 1188 0

Amerika yafatiye ibihano bikarishye abanya Uganda 4 bacuruzaga abana

Leta zunze ubumwe z’Amerika yafatiye ibihano abaturage bane ba Uganda irega ibikorwa byo kugurisha abana.
17 August 2020 1838 0

Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Trump bagizwe Abanyamerika

Sebukwe na nyirabukwe ba Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bakomoka mu gihugu cya Slovenia bahawe ubwenegihugu bw’Amerika mu ibanga.
10 August 2018 2077 0

Amerika yaburiye abacamanza ba ICC ko nibibeshya bagakurikirana ibyaha bakoreye ku butaka bwa Afghanistan...

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye abacamanza b’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (ICC) ko bazafungwa nibibeshya bagakurikirana ibyaha by’intambara abanyamerika bakoreye ku butaka bwa...
19 July 2019 1459 0

Amerika yaba ariyo yateje icyorezo cya Coronavirus mu Bushinwa kimaze gukwira hafi isi yose?

Kuri tweet, Zhao yashyize ahagaragara amashusho y’umuyobozi w’ikigo cy’Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara atanga ubuhamya imbere ya Kongere ko bamwe mu Banyamerika bakekwaho kuba...
13 March 2020 15936 0

Joe Biden yemeje ko natorwa Amerika izarara isubiye muri OMS yakuwemo na Trump

Perezida Donald Trump yateye intambwe ikomeye, mu buryo bw’inyandiko, ku bijyanye na gahunda ye yo gukura Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima...
8 July 2020 1279 0

Canada yashinje Amerika guhonyora uburenganzira bw’impunzi bituma isesa amasezerano bari bafitanye

Urukiko rwo muri Canada rwanzuye ko amasezerano ajyanye n’abimukira iki gihugu gifitanye n’Amerika ubu ahindutse impafusa kuko Amerika ihonyora uburenganzira...
23 July 2020 1641 0

Ibiteye amatsiko byihariye wamenya kuri Kamala watorewe kuba Visi Perezida wa Amerika[AMAFOTO]

Kamala Devi Harris yavutse ku ya 20 Ukwakira 1964, akaba Umurwanashyaka w’abaharanira demokarasi muri Amerika, nk’uko amategeko abiteganya, yiteguye gutangira imirimo ye ku ya 20 Mutarama 2021,...
24 November 2020 3659 0

Iran na Amerika bakoze kugurana gukomeye ku imfungwa

Abanyamerika batanu bamaze imyaka myinshi bafungiye muri Iran bari bazwi cyane nk’ingwate barekuwe bataha iwabo muri Amerika nyuma yo kumvikana kw’ibi bihugu.
19 September 2023 557 0

Umubano w’Amerika n’Ubushinwa urashoboka? Dore umuhate w’Amerika

Ubutegetsi bwa Perezida Joe Biden w’Amerika bukomeje kuvuga ku buryo bushaka kwegera Ubushinwa mu byerekeye ubufatanye mu ntego zinyuranye harimo kurwanya ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge, ibiganiro...
1 February 2024 476 0

Iran yiyemeje gutera ibisasu I Dubai no muri Israel mu gihe Amerika yagerageza kubatera

Umwuka mubi ushobora kubyara intambara hagati ya Iran na Leta zunze ubumwe za Amerika ukomeje gututumba aho iki gihugu cya Iran cyatangaje ko Amerika niramuka ibamisheho ibisasu barahita berekeza...
8 January 2020 8058 0

Indege z’intambara za Amerika zagabye ibitero muri Iraq na Syria

Leta zunze ubumwe za Amerika zagabye ibitero by’indege ku mitwe ifashwa na Iran ikorera muri Iraq na Syria, nk’uko bitangazwa n’ibiro by’ingabo za Amerika,...
28 June 2021 2435 0

Donald Trump yavuze uburyo amahanga agiye kubona ubukana bwa Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gukemura ibibzo mu mahoro hatitabajwe imbaraga za gisirikare, ariko nibyanga Amahanga azabona ubukaaka...
10 January 2020 6651 0

Perezida Trump yongeye guha gasopo Iran ivugwaho gushaka gukora mu jisho Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasezeranyije "gukuba inshuro 1,000 mu bukana" ku gitero icyo ari cyo cyose cyagabwa na Iran.
15 September 2020 943 0

Umugore w’umucuruzi kabuhariwe w’ibiyobyabwenge wishyikirije ubuyobozi bw’Amerika agiye kumena amabanga y’umugabo we kugira ngo...

Umugore w’umucuruzi kabuhariwe w’ibiyobyabwenge, El Chapo Guzmán, kuri ubu ufungiye muri muri Amerika, niwe wishyikirije ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuwa Kabiri ushize, ashaka kurinda...
1 March 2021 2346 0

Icyitezwe mu nama ya Perezida Biden na Putin I Geneve

Inama y’i Genève (Geneva) mu Busuwisi yo kuri iyi tariki ya 16 y’ukwa gatandatu hagati ya Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin na Perezida w’Amerika Joe Biden, ntabwo iba mu mwuka...
16 June 2021 647 0

Amerika ishobora kwirukana Afrika y’Epfo mu masezerano ya AGOA kubera Uburusiya

Mu bitashimishije Leta zunze ubumwe z’Amerika harimo imyitozo y’ingabo zirwanira mu mazi z’Uburusiya n’Ubushinwa Afrika y’Epfo yakiriye mu kwezi kwa kabiri...
13 April 2023 680 0

Igisirikare cy’Ubushinwa cyakomoje ku kaga kagwira isi burwanye n’Amerika

Minisitiri w’ingabo w’Ubushinwa yavuze ko intambara n’Amerika yaba "ibyago bitihanganirwa" ku isi, mu ijambo rye rya mbere rikomeye avuze kuva yagera kuri uyu...
5 June 2023 973 0

Amerika igiye guha Ukraine misile zirasa kure

Perezida w’Amerika Joe Biden arateganya guha Ukraine misile zigezweho zirasa mu ntera ndende mu rwego rwo gufasha icyo gihugu mu gitero cyacyo cyo gusubiza inyuma abasirikare b’Uburusiya bagiteye,...
23 September 2023 1036 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 6540