Umukobwa wa Nyakubahwa Perezida wa Repuburika Paul Kagame , yashimiye abantu bakomeje ku mwifuriza ishya n’ihirwe mu mirimo agiye gutangira muri Peresindansi , aho azaba ari Umuyobozi wungirije...
Ange Kagame, umukobwa umwe rukumbi wa Perezida Kagame, yibarutse ubuheta nyuma y’imfura ye yavutse kuwa 19 Nyakanga 2020.
Benshi mu banyarwanda bishimiye iyi nkuru nziza aho mu bagaragarije...