Ikipe ya West Ham yahagaritse urugendo rw’imikino 25,Liverpool yari imaze idatsindwa mu marushanwa yose yaherukaga gukina,ubwo yayitsindiraga mu mujyi wa London ibitego...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi,FIFA ryatangaje abakinnyi batoranyijwe mu bihembo bya The Best FIFA Football Awards 2021, abatsinze yaba mu bagabo,abagore n’abatoza ku mpande zombi...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yaraye akoze agahigo ko kuzuza ibitego 801 mu mateka ye nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru ubwo ikipe ye ya Manchester United yatsindaga Arsenal...
Umutoza wa Rayon Sports,Masudi Irambona Djuma,yabwiye abafana ba Rayon Sports bashaka ko yirukanwa ko atari cyo gisubizo ku musaruro mubi iyi kipe ifite kugeza ubu.
Ntabwo ishyamba ari iryeru...
Ikipe ya FC Barcelona iri gutegereza uko yakwiyubaka muri uku kwezi kwa mbere kugira ngo irebe ko yazarangiza mu makipe 4 ya mbere ariyo mpamvu yatangiye kureba abakinnyi batabona umwanya wo...
Ibyamamare mu mupira w’amaguru birimo Cristiano Ronaldo,Bruno Fernandes bakinira Manchester United n’imiryango yabo, Robert Lewandowski wa Bayern Munich, Luis Suárez ukinira Atlético Madrid...
Umunyezamu wa Manchester United,David De Gea,niwe munyezamu witwaye neza kurusha abandi muri shampiyona eshanu za mbere i Burayi cyane cyane mu gukuramo imipira ikomeye.
De Gea w’imyaka 31,...
Umukinnyi wa BAYERN MUNICH, Robert Lewandowski, yatowe nk’umukinnyi wa FIFA witwaye neza kurusha abandi bose ku isi mu bagabo mu mwaka w’imikino ushize.
Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko yatsinze...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo akomeje gutera intambwe isubira inyuma kuko yananiwe gutsinda igitego ku mukino wa gatanu wikurikiranya,ibintu byaherukaga kumubaho mu myaka 10...
Byamaze kwemeza n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi ko umukino wa nyuma wa Champions League utzabera I Saint-Peterburg nkuko byari byemejwe ahubwo uzakinirwa I Paris ku kibuga...
Umutoza Pep Guardiola yagaragaye ajya impaka zikomeye n’umuzamu wa Crystal Palace Vicente Guaita wamushegeshe cyane bigatuma anganya na Manchester City 0-0.
Byagaragaye ko aba Banya Espagne...
Emeran Noam uvuka kuri Fritz Emeran Nkusi wahoze ari Myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi yongereye amasezerano mu ikipe ya Manchester United y’abatarengeje imyaka...
Kuri uyu wa gatandatu, ikipe ya Liverpool yakomwe mu nkokora mu rugendo rwayo rwo gushaka igikombe cya Premier League ubwo yahagamwaga na Tottenham Hotspur.
Ikipe ya Jurgen Klopp yabashije...
Manchester City yamuritse ikibumbano(Statue) cya Sergio kun Aguero bishimira imyaka icumi ishize Aguero atsinze igitego cyatumye Manchester City inganya amanota na Manchester United, ariko Man...
Sadio Mane yasezeranyije abafana ba Liverpool "itangazo ridasanzwe" ku hazaza he nyuma yumukino wa nyuma wa Champions League, ariko hashize icyumweru kimwe iryo tangazo ritarasohoka nubwo...
Harry Maguire yaraye akoze ubukwe bwakataraboneka n’umukunzi we wo kuva mu bwana Fern Hawkins.Ubukwe bwabereye mu Bufaransa.
Myugariro Maguire usanzwe ari kapiteni wa Manchester United,yagize...
Ikipe ya Chelsea yamaze kubona umukinnyi Raheem Sterling wakinaga muri Manchester City mu gihe FC Barcelona nayo yatangaje ko yamaze kubona umunya Brazil,Raphinha yari imaze iminsi yirukaho....
Ikipe ya Manchester United yamaze kwemeranya n’ikipe ya FC Barcelona ku kugura umukinnyi wayo Frenkie de Jong ndetse na Ajax yemeye kuyigurisha myugariro Lisandro Martinez.Bose baragurwa miliyoni...
Amakuru yatangajwe na ESPN avuga ko Lacazette yatewe n’uruyuki ruramuruma bishobora gutuma atagaragara mu mukino wa Lyon na Feyenoord.
Uyu wahoze ari rutahizamu wa Arsenal, Alexandre...
Umutoza Jurgen Klopp wa Liverpool yatangaje ko uyu mwaka amakipe azaruhira ubusa kuko ngo n’ubundi Manchester City izongera kwisubiza igikombe cya shampiyona itwaye 2 yikurikiranya.
Mu mwaka...