Mu gihe ikataje mu rugamba rwo gushaka igikombe cya shampiyona uyu mwaka,ikipe ya Arsenal iri kuvugwa cyane ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi ryo mu mpeshyi kurusha...
Umutoza Jose Mourinho yavuze ko ikipe iyoboye Premier League,Arsenal,nta mahirwe ifite yo gutwara igikombe cya shampiyona uyu mwaka kandi aracyumva Manchester City ariyo ishobora...
Umusore w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Sheema mu gihugu cya Uganda arashinjwa kwica umufana wa Arsenal nyuma yo kutumvikana mu mukino ukomeye wa shampiyona y’u Bwongereza wahuje Arsenal na Man...
Ikipe ya Arsenal ikina mu cyiciro cya mbere cya Shampiyona yo mu Bwongereza iri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika aho izakina imikino yo kwipima yo kwitegura shampiyona izatangira mu kwezi kwa...
Nyuma y’uko Manchester City inyagiye imvura y’ibitego4-1 ikipe ya arsenal, ku mukino uheruka kuyihuza,iyi kipe nayo yihimuye ku ikipe ya Chelsea iyitsinda ibitego...
Nyuma yo gutsinda bigoranye Aston Villa ibitego 4-2,Umukinnyi Oleksandr Zinchenko yashimangiye ko Arsenal ishobora kugera "ku kintu icyo ari cyo cyose bashaka".
Iyi kipe y’umutoza Mikel...
Mu ijoro ryakeye nibwo habaye imikino ibanza ya 1/16 cy’irangiza muri Europa League aho amakipe atandukanye arimo nka Arsenal,Tottenham,Villarreal na AS Roma yaraye yitwaye neza...
Kuri uyu wa Gatanu habaye Tombola ya 1/16 cya Europa League kizatangira gukinwa ku italiki ya 11 Werurwe aho Manchester United yatomboye AC Milan ya Zlatan Ibrahimovic mu gihe Arsenal yongeye...
Amakuru aturuka mu binyamakuru bitandukanye mu Bwongereza aravuga ko ikipe ya Arsenal igiye kugurisha abakinnyi bayo benshi mu mpeshyi kugira ngo ibone abashya ndetse inagabanye umushahara...
Ikipe ya Arsenal yatangaje ko yatiye umunyezamu w’umunya Australia witwa Mat Ryan wakiniraga Brighton&Hove Albion kugira ngo ayikinire amezi 6 ari imbere mu rwego rwo gusimbuza uwitwa Runar...
Ishyamba si iryeru mu ikipe ya Arsenal ikomeje gusatira inzira yo kumanuka mu cyiciro cya kabiri mu Bwongereza aho nta kipe n’imwe itari kuyitsinda muri iyi minsi ariyo mpamvu umwe mu bafana bayo...
Ikipe ya Arsenal n’izindi zose bihataniye Europa League y’uyu mwaka zamaze kumenya itsinda zihereremo mu irushanwa ry’uyu mwaka aho Arsenal iri mu itsinda B hamwe n’amakipe arimo Molde, Rapid Vienna...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 24 Nzeri 2020, nibwo habaye umuhango wo Kwita izina abana 24 b’ingagi ku nshuro ya 06 witabiriwe n’abakinnyi 3 b’ikipe ya Arsenal.
Rutahizamu Alexis Sanchez yatangaje ko nyuma y’imyitozo ya mbere mu ikipe ya Manchester United yahise abona ko hari ikitagenda muri iyi kipe bituma abaza abamuhagararariye niba batasesa...
Nyakubahwa Perezida Kagame yishimiye intsinzi y’Ikipe ya Arsenal ubwo yatwaraga igikombe cyitswe FA Community Shield itsinze Liverpool kuri penaliti 5-4, arangije ayisaba kwiyubaka ikomeje...
Umukinnyi George Lewis Igaba-Ishimwe Maniraguha wavukiye mu Rwanda nyuma akerekeza muri Norvege yavuze ko ibintu byose azi ku Rwanda ari ibyo yabwiwe n’ababyeyi be gusa ndetse yifata nk’umunya...
Ikipe ya Arsenal yamaze kumvikana na myugariro wa Lille witwa Gabriel Magalhaes w’imyaka 22 wifuzwaga n’amakipe menshi arimo Manchester United na Napoli.
Rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang wa Arsenal yaraye ayifashije kugera ku mukino wa nyuma wa FA Cup nyuma yo kuyitsindira ku kibuga Wembley ibitego 2-0 kuri uyu wa...
Ikipe ya Arsenal ikomeje kwitwara nabi nyuma yo kuva muri Guma mu rugo kuko kuri uyu wa Gatandatu nabwo yatsinzwe mu mukino w’umunsi wa 30 ibitego 2-1 n’ikipe ya Brighton& Hove Albion yari...
Uwahoze ari kapiteni wa Arsenal,Cesc Facregas yatangaje ko ubwo yari ayoboye iyi kipe yahoranaga agahinda kenshi kubera ko benshi mu bakinnyi bakinanaga batitangaga uko bikwiriye bigatuma ikipe...
Ikipe ya Arsenal yamaze guha amasezerano y’imyaka 3 n’igice umunya Espagne wari usanzwe ari umutoza wungirije mu ikipe ya Manchester City,Mikel Arteta,kugira ngo asimbure Unai Emery ku mwanya...
Amakipe ya Arsenal na Manchester United yatomboye amakipe 2 yavuye mu mikino ya UEFA Champions League abaye aya 3 mu matsinda yayo ariyo Olympiacos na Club...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika yagiranye ikiganiro kirambuye n’umunyamakuru Smriti Vidyarthi wa Televiziyo yo muri Kenya ya NTV,wamubajije ku mubano w’u Rwanda na Uganda ndetse n’icyo amasezerano...
Ikipe ya Arsenal iri ku rwego rwo hasi cyane yatangiye kubona ko ibintu byakomeye ariyo mpamvu amakuru avuga ko yatangiye ibiganiro n’umunya Espagne Luis Enrique kugira ngo asimbure Unai Emery...
Umutoza wa Arsenal udakunzwe n’abafana,Unai Emery yabwiye abanyamakuru ko atazi neza niba uwahoze ari kapiteni we Granit Xhaka azongera gukina nyuma yo gutuka abafana be ku mukino wa Crystal...
Umuyobozi wa Arsenal ushinzwe ubucuruzi witwa Peter Silverstone wazanye na myugariro David Luiz mu Rwanda yatangaje ko bafashe umwanzuro wo kuzana bamwe mu bakinnyi batatu b’ikipe nkuru y’abagore...