Abatoza baturutse mu ikipe ya Arsenal ku munsi w’ejo bari ku ruganda rwa Skol ahari ikibuga ikipe ya Rayon Sports ikoreramo imyitozo bahatangira imyitozo ku makipe atanu yo muri Shampiyona y’u...
Rutahizamu Robin van Persie wakiniye Arsenal na Manchester United yavuze ko atifuzaga kwerekeza I Old Trafford ahubwo Arsenal ariyo yanze kumuha amasezerano ahitamo...
Hashize iminsi abakinnyi ba Arsenal batameranye neza n’ubuyobozi bw’ikipe kubera ko bwabasabaga kugabanya umushahara kugira ngo burebe ko bwagabanya ibihombo ikipe yatewe na Coronavirus gusa...
Mu mukino wari ukomeye kandi utegerejwe na benshi,Arsenal yakiriye Liverpool iyitsinda ibitego 3-1 bituma igaruka mu bahatanira igikombe cya Premier League cyane ko mbere y’uyu mukino yarushwaga...
Abasore babiri bakinira Arsenal Alexandre Lacazette na Hector Bellerin barwaniye mu myitozo ya nyuma yo kwitegura umukino ubanza wa ½ cya UEFA Europa League bagomba guhura na Atletico Madrid uyu...
Nk’umufana wa Arsenal ukomeye,Nyakubahwa perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa Arsenal akunda,gushaka impinduka nziza zatuma ikipe yongera gutsinda igataha imitima...
Ikigo cy’ ’Igihugu gitsura Amajyambere (RDB) rwakoze amateka rukorana amasezerano n’ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza,ayo masezerano azatuma iyo kipe yamamaza u Rwanda mu gihe cy’imyaka...
Umukinnyi Mesut Ozil yanenze bikomeye ikipe ya Arsenal akinira nyuma y’aho akuwe ku rutonde rw’abakinnyi bayo bagomba kugaragara muri Premier League muri uyu mwaka w’imikino 2020/2021 kubera impamvu...
Nyuma y’aho ikipe ya Arsenal yirukanye umukinnyi Mesut Ozil mu bakinnyi izakoresha muri Premier League na Europa League,bamwe mu bahoze bakinira iyi kipe bavuze ko aka ari akarengane ndetse...
Umutoza Arsene Wenger wamaze imyaka 22 atoza Arsenal yongeye kugaruka mu binyamakuru agaruka ku buzima bwe muri iyi kipe yahinduye ubuzima bwe ndetse ahishura ko Real Madrid yamushatse 2 ngo...
Abafana b’ikipe ya Arsenal mu Rwanda bibumbiye mu itsinda rya RAFC (Rwanda Arsenal Fans Community) basuye ingoro y’amateka y’urugamba rwo kubohora igihugu iherereye mu karere ka Gicumbi, banakina...
Ikipe ya Arsenal yari imaze imyaka 8 idatsinda Man City,yayitsinze mu mukino w’umunsi wa munani wa Premier League wabereye kuri Stade ya Emirates mu mujyi wa...
Mu mikino ya Champions League habaye tombola y’uko amakipe azahura muri 1/16 cya UEFA Champions League aho ikipe ya Arsenal izahura na FC Porto mu gihe umukino ukomeye umwe ari uzahuza Inter Milan...
Ikipe ya Arsenal itsindiwe ku kibuga cya Old Trafford ibitego 2-1 na Manchester United,mu mukino wa nyuma Arsene Wenger yahakiniye nk’umutoza mukuru wa...
Umutoza Unai Emery w’ikipe ya Arsenal yavuze ko abantu bagomba kureka kwibasira rutahizamu we Pierre Emerick Aubameyang utari kwitwara neza muri iyi minsi aho yijeje abafana ba Arsenal ko mu...
Rutahizamu wa Crystal Palace, Wilfried Zaha yandikiwe ubutumwa bw’iterabwoba n’abafana ba Arsenal bamubwira ko bazamwica we n’umuryango we nyuma yo gushinjwa kwigusha,agahabwa penaliti yatumye...
Umutoza wa Arsenal,Unai Emery yatangiye guhangana n’abafana ba Arsenal kubera ko asigaye asimbuza rutahizamu wabo Alexandre Lacazette hakiri kare byatumye ku munsi w’ejo bamuvugiriza induru mu...
Umutoza mushya wa Chelsea FC,Frank Lampard,yabonye amanota 3 ya mbere nyuma y’aho atsindiye Norwich ibitego 3-2 mu gihe Manchester United na Arsenal zitwaye nabi mu mukino w’umunsi wa 3 wa Premier...
Umukinnyi Kevin de Bruyne witwaye neza mu mukino ikipe ye ya Manchester City yatsinzemo Arsenal ibitego 3-0 ku Cyumweru gishize,yavuze ko Arsenal yahemukiwe n’abakinnyi b’imbere batigeraga bagaruka...
Ba rutahizamu babiri ba Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang na Alexandre Lacazette batangaje ko mu bakinnyi bose bose bakinana muri iyi kipe yo mu Bwongereza,ufite ubuhanga bwinshi ku mupira ari...
Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp waraye asezerewe muri Carabao Cup na Arsenal imutsinze kuri penaliti 5-4 nyuma yo kunganya 0-0 mu minota 90,yatangaje ko yababajwe nuko umunyezamu Leno wa...
Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta,wari mu bihe bibi cyane n’ikipe ya Arsenal nyuma yo kumara iminsi 56 atsindwa umusubirizo,yabwiye abafana b’iyi kipe ko intsinzi baraye babonye imbere ya Chelsea...