Australia captain Steve Smith and vice-captain David Warner have stepped down from their positions for the rest of the third Test against South Africa a day after a ball tampering...
Iki kimasa kitwa Knickers kiba kigaragara ko gisumba izindi nka ziri kurisha hamwe nacyo, mu cyaro cyo mu burengerazuba bwa Australia. Iki kimasa cy’imyaka irindwi y’amavuko, gipima ibiro 1400...
Abategetsi b’Amerika, Ubwongereza na Australia batangaje andi makuru mashya kuri gahunda yabo yo gukora amato (ubwato) y’intambara agendera munsi y’inyanja yo ku rundi rwego rugezweho akoreshwa...
Igihugu cya Australia ni kimwe mu bihugu byiza kandi bifite ubuzima bwiza muri rusange ndetse kikanaza ku mwanya wa 6 Nyuma y’Uburusiya, Canada, Ubushinwa, USA ndetse na Brazil. Iki gihugu...
Australia yatangaje ko kigiye gukuraho umusoro utavugwaho rumwe ku bikoresho by’isuku byifashishwa n’abagore mu gihe bari mu mihango, nyuma y’imyaka yari ishize amashyirahamwe y’abagore ahirimbanira...
Ubufaransa bwavuze ko buhamagaje ba ambasaderi babwo muri Amerika no muri Australia ngo bagirane ibiganiro, mu kwamagana amasezerano yo mu rwego rw’umutekano arimo...
Umukinnyi wa Tennis, Novak Djokovic, yambuwe visa yo kwinjira muri Australia akimara kugera i Melbourne.
Nimero ya mbere ku isi muri Tennis yafungiwe ku kibuga cy’indege cy’umujyi wa Melbourne...
Minisitiri ushinzwe abinjira n’abasohoka,ubwenegihugu n’umuco,Hon.Alex Hawke yakuyeho visa ya nimero ya mbere ku Isi muri Tennis, Novak Djokovic, ku nshuro ya kabiri nyuma y’uko ubwa mbere yaburanye...
Umuririmbyi Umutare Gaby washakanye na Joyce Nzera mu mpera z’ukwezi gushize kwa Nyakanga uyu mwaka, bamaze kwerekeza ku mugabane wa Australia nyuma y’igihe bivugwa ko ariho bazajya gutura nyuma...
Abayobozi ba Australia barasaba abaturage bagera ku bihumbi magana atanu kuva mu ngo zabo uyu munsi kuwa gatanu bagahunga imiriro mu gihe ingabo nazo zasabwe gutabara mu kuzimya imiriro y’ishyamba...
Musenyeri Christopher Saunders wo muri Australia yashinjwe icyaha cyo gufata ku ngufu mu rukurikirane rw’ibyaha bishingiye ku mibonano mpuzabitsina – bimwe muri byo byakorewe...
Mu mukino wo mu itsinda C mu gikombe cy’isi kiri kubera mu Burusiya,ikipe y’igihugu y’Ubufaransa ifite abafana benshi mu Rwanda,yatsinze Australia ibitego 2-1 mu mukino utaryoheye ijisho ndetse...
Harmonize uri bahanzi bakunzwe muri Tanzaniya no muri Afurika y’Iburasirazuba muri rusange, yatangaje ko yatandukanye n’umukunzi we Briana wo mu gihugu cya Australia yaraherutse gutaka...
Igikona kinini cyane cyari cyarigize ruharwa mu gusagarira rubanda I mu mujyi wa Sydney muri Australia cyarashwe kirapfa, bituma abakunzi b’ibisiga barakara...
Abahanga muri siyansi bo muri Australia babaye aba mbere bo hanze y’Ubushinwa bashoboye gukora muri ’laboratoire’ virusi ya coronavirus mu cyo bise "igikorwa cy’ingenzi"...
Hari amashusho yagaragaje abakozi bo mu nteko ishingamategeko ya Australia bakora igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina mu nzu y’inteko, ibi byatumye umwe mu bakozi bakuru...
Umugabo wo muri Australia yakatiwe igifungo cy’amezi 10 kubera gufata amashusho no kuzomera abapolisi bari baryamye hasi barimo gupfira ahabereye impanuka.
Ambasaderi wa Australia muri Ghana, Gregory Andrews,yafotowe ari kwiyogoshesha muri salon de Coiffure isanzwe yogosherwamo abakene bishyura amafaranga...
Umugabo wo muri Australia yishwe n’ifi yo mu bwoko bwa Shark ku mwaro w’inyanja uzwi nka Gold Coast muri leta ya Queensland, biba ubwa mbere ifi nk’iyo ikoze ibara nk’iri muri aka gace mu myaka...
Leta ya Australia ivuga ko irimo gusaba ibisobanuro leta ya Qatar ku makuru yo "kuvogera bikomeye" abagore basatswe bambaye ubusa bakanagenzurwa mbere y’urugendo rw’indege ruva i Doha rwerekeza i...
Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw’umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana...