Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ukuboza 2016, ikipe ya Real Madrid ikomeje kuyobora Shampiyona nyuma yo kubona inota rimwe ku mukino wayihuje na Barcelone aho banganyije igitego...
Rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelone; Lionel Messi yongereye amasezerano azageza mu 2021 ari muri iyi kipe yo muri Espagne. Uyu munya-Algentine amasezerano ye mashya azarangira kuwa 30 Kamena 2021...
Mu minsi ishize Lionel Messi yasinye amasezerano y’imyaka ine mu ikipe ya Fc Barcelone aho yahise yongezwa umushahara akazajya ahembwa asaga miliyoni 40 z’amayero ku mwaka, gusa ariko uretse...
Iyi nkuru ndabizi ishobora kugutangaza, ariko nibyo koko umuntu wese uzafatwa yambaye umwenda wa FC Barcelone mu gihugu cya Saudi Arabia azajyanwa muri gereza nibura amaremo imyaka 15 cyagwa...
Kuri uyu wa Kabiri nibwo amakipe 2 y’ibigugu Chelsea FC yo mu Bwongereza na FC Barcelona yo muri Espagne arahurira ku kibuga Stamford Bridge mu mukino w’ishyiraniro wa 1/8 cya UEFA Champions...
Quique Sétien wari umutoza mukuru w’ikipe ya FC Barcelona yamaze kwirukanwa, nyuma yo gusezererwa muri UEFA Champions League yandagajwe na Bayern Münich yo mu Budage ibitego...
Mu gihugu cy’Uburundi haravugwa inkuru y’urupfu rw’umufana w’ikipe ya Fc Barcelona wiyahuye mu ijoro ryashize nyuma yuko ikipe afana itsinzwe na Liverpool ibitego 4 ku...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo yababaje bikomeye abayobozi n’abafana ba FC Barcelona ubwo yatangazaga ko yifuza ko abakinnyi b’iyi kipe yo mu ntara ya Catalonya bazabakomera amashyi kubera ko...
Nyuma y’ uko kuri uyu wa Kabiri ushize Uzamberumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy abinyujije ku rukuta rwe rwa facebook yasangije abakunzi be ifoto yambaye umwenda w’ikipe ya FC Barcelone bigatuma...
Umukinnyi Cristiano Ronaldo amaze guhagarikwa imikino 5 kubera gusunika umusifuzi Ricardo De Burgos Bengoetxea wayoboye umukino ikipe ya Real Madrid yaraye itsinzemo FC Barcelona ibitego 3-1 aho...
Kuri iki Cyumweru taliki ya 13 Kanama nibwo hari hateganyijwe umukino ubanza wa Super cup yo muri Espagne umukino wahuje Real Madrid yatwaye shampiyona na Barcelona yatwaye igikombe cy’umwami...
Mushiki wa Cristiano Ronaldo witwa Elma Aveiro yibasiye bikomeye Lionel Messi kubera ifoto yashyize hanze uyu kizigenza wa FC Barcelona ari gusenga Lionel...
Dani Alves usanzwe ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Brazil wanakiniye FC Barcelone, ari mu mazi abira nyuma y’uko ari gushinjwa ibyaha by’ihohotera rishingiye ku gitsina yaba yarakoreye umugore wo...
Ibinyamakuru byandika Siporo ku mugabane w’Uburayi bimaze iminsi bivuga ko Kapiteni wa FC Barcelona, Lionel Messi, ashobora gutandukana n’iyi kipe mu mpeshyi ya 2021, nyuma yo guhagarika ibiganiro...
Umunyeshuri witwa Bizimana Pierre wari urangije muri Kaminuza y’ u Rwanda mu ishami rya Huye mu bijyanye na Finance yitabye Imana avuye gufata ikanzu yo kwambara mu birori byo kurangiza amasomo ya...
Umunyabigwi w’ikipe ya Manchester City,Sergio Kun Agüero, yatangaje ko asezeye gukina umupira w’amaguru nyuma yo kugira ikibazo cy’umutima akagirwa inama yo kureka gukina.
Ku myaka 33,uyu...
Ikipe ya Chelsea FC yamenye ibibazo ikipe ya FC Barcelona irimo by’uko ishobora kunanirwa kwandikisha abakinnyi bayo bashya bitewe n’umushahara uremereye ihemba ariyo mpamvu yafashe umwanzuro wo...
Kuri uyu wa gatatu, ikipe yo mu Bufaransa Paris Saint-Germain yatangaje ko umukinnyi wayo wo hagati Aminata Diallo ari mu maboko ya polisi kubera igitero cyagabwe kuri mugenzi we bikekwa ko...
Umutoza Luis Enrique utoza ikipe ya FC Barcelona yo muri Espagne yasezeye ku buyobozi bw’ iyo kipe, abakinnyi n’ abakunzi bayo avuga ko batazakomezanya umwaka utaha w’imikino.
Luis Enrique w’...