Apôtre Dr Paul Gitwaza yifashishije isomo riboneka mu Itangiriro 2:10-14 asobanura ko imigezi yari iri mu ngobyi ya Edeni ivugwa muri iri somo yose iboneka mu bihugu bya Afurika ariko ngo...
Pastor Aloysius Bugingo wo mu idini ‘House of Prayer Ministries’ riherereye hafi y’ umujyi wa Kampala mu cyumweru gishize yakusanyijwe bibiliya zirimo King James Version n’ izitwa Good News...
Mu mujyi wa Ankara muri Turkey,havumbuwe Bibiliya imaze imyaka hagati ya 500-2000 ivuga ko Yesu atababwe ndetse ko mu mwanya we habambwe uwamugambaniye ariwe Yuda...
Ubutinganyi ni kimwe mu bibazo bikomeye byugarije Isi ndetse bamwe mu banyamadini babubona nk’ ikimenyetso cy’ uko Isi iri mu bihe byanyuma. Abahamya ba Yehova bazwiho gusoma bibiliya no...
Umuhanuzi wo muri Nigeria witwa Daniel Ebodunrin ari mu bantu bavugwa cyane mu mujyi wa Ibadan muri Leta ya Oyo muri Nigeria kubera ukuntu yahaze amagara ye akinjira mu nzu yororerwamo intare...
Neteo umwe mu bantu batandatu gusa barokotse impanuka y’indege yari itwaye abakinnyi b’ ikipe ya Chapecoense FC yo muri Brazil, yaguyemo abantu 76 mu mpera z’ukwezi gushize, yari ari gusoma umurongo...
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...
Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe mu kiganiro yagejeje ku bakuru b’ibihugu bitabiriye inteko rusange y’ umuryango w’ abibumye I New york yagereranyije Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’...
Uyu munsi ni ku wa Mbere tariki ya 24 nyakanga ni umunsi 205 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 160 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.iyi tariki imaze guhurirana no ku wa mbere...
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Israeli, Yossi Ben Yair usanzwe afite inkomoko mu muryango w’Umwamikazi Esiteri wamenyekanye cyane mu mateka ya Bibiliya yitabiriye umuhango wo kwimika Apôtre Raymond...
Ba rutahizamu bakomoka muri Brazil aribo Diego Costa na Gabriel Jesus bagaragaye mu mafoto 2 yavumbuwe muri Bibiliya yatanzwe n’umugiraneza bari kwishimisha n’umukobwa...