Ikipe y’igihugu ya Brazil yahabwaga amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cy’isi ku nshuro ya 6,isezerewe muri ¼ n’Ububiligi ku bitego 2-1 mu mukino wabereye mu mujyi wa...
Perezida Kagame yatangaje ko nta bisobanuro bifatika u Bubiligi bwigeze buha u Rwanda nyuma yo kwanga kwakira Ambasaderi Vincent Karega woherejweyo, bityo ko nta wundi mukandida ruteganya...
Abanyarwanda baba mu Bubiligi bifatanyije n’Isi yose kwibuka ku nshuro ya 26, Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, basaba kandi iki gihugu gukomeza gukurikirana no guhana abakekwaho Jenoside...
Igikomangoma cyo mu Bubiligi cyanduye coronavirus nyuma yo kwitabira ibirori mu gihe cy’ingamba za ’guma mu rugo’ muri Espagne, nkuko bitangazwa n’ubwami...
Abakinnyi benshi bo mu ikipe y’igihugu y’Ububiligi iri kwitegura imikino ya Euro 2020 banze kwiteza urukingo rwa Pfizer kubera ko ngo rushobora gutuma batitwara neza muri iri...
Umubare munini w’Abarundi urimo kuboneka ku bigo by’abasaba ubuhungiro mu Bubiligi ku buryo bitakibasha kubakira bose bikaba ngombwa ko hari benshi barara ku mihanda no muri parike...
Abadipolomate 2 b’Ababiligi basubijwe iwabo nyuma yo gutegura umuhango wo kwibuka abasirikare 10 b’Ababiligi kuwa 06 Mata 2020 kuri camp Kigali, kandi iyi tariki ikunze gukoreshwa n’abapfobya...
Ibitero bimaze iminsi bigabwa mu magepfo y’ u Rwanda birimo n’ iki Nyabimata mu karere ka Nyaruguru byatumye umubano w’ u Burundi n’ Ububiligi wongera gutokorwa.
Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yakiriwe na Minisitiri w’intebe w’ubwami bw’Ububiligi Alexander De Croo, Kuwa 28/2/2024,nyuma asaba ko u Rwanda rwafatirwa...
Ikipe y’Ububiligi yasezerewe mu gikombe cyisi itarenze amatsinda mu mukino yanganyijemo 0-0 na Croatia irangiza ku mwanya wa 3
Ikipe ya Roberto Martinez, yarangije ku mwanya wa gatatu mu...
Tunisia inaniwe gukura igisuzuguriro amakipe y’Abarabu yari ahagarariye umugabane w’Afurika kuko isezerewe mu gikombe cy’isi itsinzwe n’Ububiligi ibitego 5-2 mu mukino wa kabiri wo mu itsinda...