Myugariro Niyonkuru Djuma uzwi nka Radju ukinira Bugesera FC yatangaje ko ibyo ubuyobozi bwa Bugesera FC bumushinja ko yasohotse aho abakinnyi baba nta ruhushya ahawe ndetse n’imyitwarire mibi ari...
• APR FC inyagiye Bugesera FC ibitego 3-0 ihita iyobora shampiyona ku munsi wa 5
• Nshuti Innocent na Ombolenga nibo bafashije APR FC gutsinda Bugesera FC
• AS Kigali itsindiwe I Rusizi na Espoir...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Bugesera FC bwamaganye icyemezo cya FERWAFA cyo kwimura amasaha y’umukino bafitanye na Rayon Sports aho wakuwe ku isaha ya saa cyenda ugashyirwa saa kumi...
Ikipe ya Rayon Sports inyagiye Bugesera FC ibitego 5-0 mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona waberaga kuri stade ya Kigali I Nyamirambo aho abasore barimo Ismaila Diarra na Shabani Hussein...
Ikipe ya Bugesera FC yahuye n’uruva gusenya ubwo yageraga ku kibuga cya Gicumbi FC igasanga yambaye imyenda isa ni’’y umunyezamu wayo bituma ijya gutira indi ku kigo cy’amashuli yo muri aka...
Ikipe ya Bugesera FC itsinze Rayon Sports igitego 1-0 biyihesha kubona amanota 3 yayo ya mbere dore ko yari yaratsinzwe imikino 2 yari imaze gukina muri uyu mwaka wa shampiyona 2017-2018 ndetse...
Ikipe ya Bugesera FC yatangaje ko ihagaritse abainnyi babiri barimo Ndatimana Robert na Niyonkuru Radju batitwaye neza mbere y’umukino banyagiwemo na Rayon Sports ibitego 5-0,Ku wa...
Ikipe ya Rayon Sports yihanije Bugesera FC mu mukino wa gicuti wo kwitegura shampiyona wabereye kuri stade yo mu Bugesera iyitsinze ibitego 2-0 byose byabonetse mu gice cya kabiri...
Umuyobozi w’akarere ka Bugesera,Richard Mutabazi,uzwiho gukunda siporo cyane,yagaragaye ari gusekura no gukarangira ikawa abakinnyi b’ikipe y’abakobwa ya Bugesera Cycling Team ndetse n’abandi bari...
• Bugesera FC yiyongere kuri Musanze FC mu gushaka umutoza wungirije wa Rayon Sports Ndikumana Hamad.
• Katauti arifuzwa bikomeye na Musanze FC kugira ngo asimbure Sosthene yahoze...
Ikipe ya AS Kigali igaragaje ko igifite gahunda yo guhanganira igikombe cya shampiyona nyuma yo kunyagira Bugesera FC ibitego 4-0 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’u Rwanda “AZAM Rwanda...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Kamena yafashe Nsabimana Jean w’imyaka 37. Uyu yagendaga yaka abaturage amafaranga abizeza ko azabaha akazi aharimo...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Gicurasi 2021,nibwo habaye tombola y’uko amakipe 8 agiye guhatanira shampiyona y’uyu mwaka aho Rayon Sports izatangira ihangana na AS Kigali hanyuma ikurikizeho...
Ushinzwe imibereho ya buri munsi y’ikipe ya Bugesera FC Rudasumbwa Eric, yakubise urushyi umukinnyi w’ikipe ya Unity y’I Gasogi witwa Nkubana Marc bahatanaga mu mikino ya 1/16 cy’igikombe...
Nyuma ya Ruhango na Gicumbi inama njyanama y’ akarere ka Bugesera kuri uyu wa 27 Gicurasi 2018 nayo yemeje ubwegure bw’uwari Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Nsanzumuhire Emmanuel...
Ikipe ya Rayon Sports yigaranzuye Bugesera FC yayigoye mu mwaka w’imikino ushize iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri stade ya Kigali ku...
Ikipe ya Bugesera FC yo mu karere ka bugesera ho mu ntara y’iburasirazuba yashyikirije abakozi bayo aribo abatoza n’abakinnyi amabaruwa abahagarika kummirimo kubera...
Umugore w’imyaka 25 wo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Rililima, witwa Uwamahoro Charlotte n’umwana we w’amezi 7 yari ahetse biciwe mu cyanya cy’ahari kubakwa ikibuga mpuzamahanga cya Bugesera...
Irushanwa ry’amagare ryahuje abana b’abahungu n’abakobwa bari hagati y’imyaka 12 na 16 kuri Stade Amahoro i Remera ku Cyumweru, tariki ya 30 Mutarama 2022, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari,...
Nyuma y’imvururu nynshi, kutishimira ibyemezo byafatwaga n’abasifuzi umukino w’umunsi wa 22 wa shampiyona wahuza Bugesera FC na Sunrise urangiye ari 1-1. Ni mu gihe Police FC yahise ifata umwanya wa...
Nyuma yo gukura abakinnyi benshi mu ikipe ya APR FC mu mwaka w’imikino ushize ikipe ya Bugesera yongeye kugura abandi bakinnyi 2 ba APR FC barimo Bukebuke Yannick na Ninihazwe Fabrice uzwi nka...
Mu mudugudu wa Rusenyi mu Kagari ka Nyamigina Mu murenge wa Mareba mu Karere ka Bugesera ho mu Ntara y’Iburasirazuba; haravugwa umuryango abantu bawo bakomeje gupfa mu buryo bw’amayobera...