Umuraperi Jay Polly uherutse gufungurwa ku bunani yavuze byinshi mu byamutunguye ari muri gereza birimo kuba umuraperi mugenzi we Bulldogg ataramusuye kandi yari abyiteze...
Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
A-B Godwin umwe mu basore bari kugaragaza ubuhanga mu gufata no gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi hano mu Rwanda yashinje umuraperi Mukadaff ko yamuzamuye none kuri ubu akaba yamaze...
Umuraperi Ndayishimiye Malik Bertland [Bull Dogg] wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo z’ikibonezamvugo mu njyana ya Hip Hop, ku wa 04 Ukwakira 2017 yifurije isabukuru y’amavuko umugore we, amuvuga...
Mugisha Benjamin wiyeguriye muzika nka The Ben yamaze gufata rutemikirere yerekeza muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho asanzwe atuye, ni nyuma y’amezi ageri kuri abiri ari mu Rwanda aho yakoze...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
Umuraperi wo mu Burundi uzwi nka B Face yashyize ahagaragara video y’indirimbo yise “La Différance” (Itandukaniro) aho avuga ko yashakaga kugaragaza ko abaraperi bo mu Burundi barusha kure abo mu...
Umuhanzi Tom Close yagaragaje ko we n’umugore we Tricia vuba aha biteguye kwakira undi umwana wabo wa Kabiri.
Tom Close wamenyekaniye mu ndirimbo zitandukanye nka Mbwira Yego, Ndacyagukunda,...
Isango Star igiye gushimira abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2021 binyuze mu ‘Isango na Muzika Awards’ , ibihembo byatangiye gutangwa mu 2020 ndetse abahanzi bari guhatana batangajwe.Ibi bihembo...
Umuraperi Bushali yaserukanye n’umuhungu we Bushali Moon mu gitaramo cya "Rap City" cyitabiriwe n’ibyamamare mu njyana ya Hip Hop ndetse n’abakunzi b’iyi...