skol
Kigali

Search: Bulldogg (19)

Urwibutso rukomeye rwa Jay Polly yasigiye abahanzi nyarwanda barimo Bulldogg wiyemeje kuzafasha abana...

Benshi mubahanzi nyarwanda batandukanye bagarutse ku bigwi byaranze ubuzima bwa nyakwigendera Tuyishime Joshua. uzwi kuzina Jay Polly ndetse umuhanzi Bulldogg babanye muri Tuff Gang yiyemeza...
6 September 2021 2289 0

Miss Mutesi Jolly yatangaje abaraperi 2 akunda mu Rwanda n’indirimbo aharaye

Mutesi Jolly wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2016,yatangaje ko akunda ibihangano by’abaraperi 2 barimo Bulldogg ndetse na Riderman.
27 October 2018 1824 0

Jay Polly yatangaje umuhanzi utaramusuye muri gereza bikamutungura

Umuraperi Jay Polly uherutse gufungurwa ku bunani yavuze byinshi mu byamutunguye ari muri gereza birimo kuba umuraperi mugenzi we Bulldogg ataramusuye kandi yari abyiteze...
16 January 2019 14517 0

Abagize Tuff Gangs ntibakozwa ibyo kujya muri Guma Guma ari nk’itsinda

Abaraperi bagize itsinda rya Tuff Gangs ryakundishije benshi injyana ya Hip Hop ntibakozwa ibyo kujya muri Guma Guma nk’itsinda, Ni nyuma y’uko bongeye kwihuriza hamwe bikanemezwa n’uko bahise...
25 September 2017 567 0

Bull Dogg ngo azemerera abafana be bamukore ku gitsina cye nakora igitaramo

Nyuma yuko Buravan atanze indabo ku bafana be ,Bulldogg yavuze ko we bazamukora ku gitsina cye.
5 December 2018 1019 0

Urban Boys yavuze batatu bazavamo uwegukana PGGSS7, banakomoza kwitandukana ryabo

Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
21 June 2017 2636 0

Abavuye mu mashyamba ya RDC batangiye guha akazi abo basanze mu Rwanda

Uwitwa Nkurunziza Patrick,Umunyarwanda wavukiye mu mashyamba ya RDC ariko akaza gutaha mu Rwanda muri 2011,yarakoze yiteza imbere nyuma yo kwakirwa none ubu ageze ku rwego rwo guha akazi...
24 November 2023 1379 0

LIVE: Bidasubirwaho, Dream Boys yegukanye Primus Guma Guma Super Star 7 (Amafoto)

Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka. Uyu mugoroba...
24 June 2017 3442 0

Rap City" Bushali yaserukanye n’umuhugu we ku rubyiniro(AMAFOTO)

Umuraperi Bushali yaserukanye n’umuhungu we Bushali Moon mu gitaramo cya "Rap City" cyitabiriwe n’ibyamamare mu njyana ya Hip Hop ndetse n’abakunzi b’iyi...
19 September 2022 564 0

Menya ibyaranze ubuzima bwa Jaypolly wari kuba yujuje imyaka 34

Nyakwigendera Jaypolly yabonye izuba kuwa 5 Nyakanga 1988 bivuze ko kumunsi w’ejo hashize yari kuba yujuje imyaka 34 y’amavuko.
6 July 2022 424 0

Nibabe baretse uwitoze akama ishashi!Abarimo King James ,Safi Madiba basubije kubibaza ku bukwe bwabo mu ndirimbo “Ubanza...

Zizou Alpacino yashyize hanze indirimbo Nshya yise “Ubanza Nkuze” yahuriwemo abahanzi bakomeye barimo Melodie, King James, Safi Madiba, Social Mula ndetse na Bulldogg, ibitero by’iyi ndirimbo...
8 February 2022 1163 0

Urutonde rw’abahanzi nyarwanda bari guhatanira ibihembo bya Isango na Muzika Awards 2021

Isango Star igiye gushimira abahanzi bitwaye neza mu mwaka wa 2021 binyuze mu ‘Isango na Muzika Awards’ , ibihembo byatangiye gutangwa mu 2020 ndetse abahanzi bari guhatana batangajwe.Ibi bihembo...
15 November 2021 445 0

Bull dogg yahishuye ibintu 3 by’ingenzi yungukiye mu kuba yarakiriye agakiza akomoza no ku ifungwa rya bagenzi be bahoze...

Umuhanzi Ndayishimiye Bertrand uzwi nka “Bull dogg” nyuma yo kwakira agakiza yahamije ko hari byinshi yungutse birimo kugirirwa icyizere,yibutsa abo yasize...
23 August 2020 1614 0

Fireman n’umusirikare bareganwa bategetswe gufungwa

Urukiko rwategetse ko Fireman n’umusirikare bareganwa, bafungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe ubushinjacyaha bugikusanya ibimenyetso ngo abaregwa baburane mu...
7 January 2020 1277 0

Fireman wavuye Iwawa yahishuye icyo agiye gukora kugira ngo atazongera kugwa mu mutego wo kunywa ibiyobyabwenge

Umuraperi Uwimana Francis uzwi nka Fireman yamaze kuva Iwawa aho yaje afite ingamba zikomeye zirimo kutazigera na rimwe yongera kugira ubucuti n’abanywa ibiyobyabwenge ndetse no kuba inshuti...
26 September 2019 887 0

A-B Godwin uri kubaka izina mu gukora amashusho yandagaje bikomeye umuraperi Mukadaff amushinja kumwiyemeraho

A-B Godwin umwe mu basore bari kugaragaza ubuhanga mu gufata no gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi hano mu Rwanda yashinje umuraperi Mukadaff ko yamuzamuye none kuri ubu akaba yamaze...
17 February 2019 1355 0

Umuririmbyi The Ben yasubiye muri Amerika

Mugisha Benjamin wiyeguriye muzika nka The Ben yamaze gufata rutemikirere yerekeza muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho asanzwe atuye, ni nyuma y’amezi ageri kuri abiri ari mu Rwanda aho yakoze...
24 October 2017 1255 0

Bull Dogg yavuze ku mugore we wizihiza isabukuru y’amavuko

Umuraperi Ndayishimiye Malik Bertland [Bull Dogg] wamamaye mu Rwanda mu ndirimbo z’ikibonezamvugo mu njyana ya Hip Hop, ku wa 04 Ukwakira 2017 yifurije isabukuru y’amavuko umugore we, amuvuga...
5 October 2017 3029 0

Umuraperi w’ Umurundi yanenze abaraperi bose bo mu Rwanda, umwe ku wundi

Umuraperi wo mu Burundi uzwi nka B Face yashyize ahagaragara video y’indirimbo yise “La Différance” (Itandukaniro) aho avuga ko yashakaga kugaragaza ko abaraperi bo mu Burundi barusha kure abo mu...
28 February 2017 2959 0