Porogaramu ya ONU yita ku biribwa PAM, yavuze kuri uyu wa kane ko ikeneye byihutirwa miliyoni 162 n’ibihumbi 400 by’amadolari yo gufasha guverinema ya Cadi kwita kuri miliyoni 2 n’ibihumbi 300...
Umutoza wa FC Barcelona, Ronald Koeman,yavuze ko abakinnyi be bakwiriye kunengwa cyane kubera uburyo batsinzwe mo n’ikipe ya Cadiz izamutse vuba mu kiciro cya mbere mu buryo...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Idriss Déby Itino Perezida wa Tchad yizihiza ubwigenge tariki 11 Kanama
Bimwe mu byaranze tariki ya 11 Kanama, ingano za USA zavuye muri Vietnam. Turi tariki ku wa gatanu tariki ya 11 Kanama ni...
Umugabo witwa Mujyarugamba Frederick w’imyaka 43 yatawe muri yombi na polisi yo mu karere ka ruhango akekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa nyina witwa Mukanyemera Leocadie wo mu Murenge wa...
Benshi mu bakunzi ba ruhago ntibari babizi ariko buri wese ukurikirana Real Madrid azi ukuntu yari imerewe nabi cyane mu mezi 2 ashize aho yatsindwaga n’ikipe ibonetse yose kuva kuri Cadiz kugera...
Abafana babiri b’ikipe ya Arsenal baraye barwaniye mu I gari ya moshi mu nzira y’ahitwa Piccadilly ubwo bari bamaze kureba umukino wa nyuma wa UEFA Europa League, ikipe yabo yanyagiwemo na Chelsea...
Umwuka ntabwo ari mwiza mu ikipe ya Real Madrid itari kwitwara neza nkuko bikwiriye muri uyu mwaka w’imikino aho bivugwa ko kapiteni w’ikipe Sergio Ramos yashwanye na bagenzi be bakinana Isco na...
Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
Umurambo w’uwahoze ari perezida wa Tchad, Idriss Deby, washyinguwe uyu munsi mu muhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu bagera kuri 12 bari i N’Djamena mu mihango yo...
Abantu umunani biravugwa ko bapfuye naho ababarirwa muri mirongo bagakomereka mu mubyigano hanze ya stade mu gikombe cya Africa cy’ibihugu muri Cameroun.
Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakunzwe muri Afurika, yahishuye ko yahisemo kugura indege ye bwite (Private Jet) nyuma yo kubona ko asigaye agira ingendo nyinshi kandi zimusaba kujyana...
Madamu Bayavuge Leocadia uri mu kigero cy’imyaka 63 yiciwe umugabo n’abana be bose mu gihe cya Jenoside ariko arara mu kizu cyasenyutse nta mutekano.
Jenoside yakorewe Abatutsi yasanze Bayavuge...
Ku gicamunsi cyo kuwa 05 Mata 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ivuga ko Karuranga Virgile wamenyekanye nka DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ashyizwe mu bitaro byitiriwe...
Abafatabuguzi ba Startimes bakunda imikino bashyizwe igorora kuko bazabasha kureba live umwe mu mikino ukurikirwa cyane na benshi cyane ku isi uhuza Real Madrid na FC Barcelona uzwi nka “EL...
Amakuru aravuga ko Chelsea yamaze kumvikana amasezerano y’igihe kirekire na myugariro wa Sevilla FC witwa Jules Kounde kugira ngo imusimbuze myugariro Antonio Rudiger wanze kongera amasezerano...
Igisirikare cya Nijeriya kiravuga ko kiciye inyeshyamba za kiyisilamu 24 mu bitero bibiri mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’igihugu kandi cyafashe zimwe mu ntwaro z’izo...
Imodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo.
Ifoto y’iyi...
Ku wa kabiri, Cristiano Ronaldo yimuriye mu mihanda ya Lisbonne imodoka ze zihenze cyane zari mu mujyi wa Manchester.
Cristiano Ronaldo yabonye ko bidakwiriye ko imodoka ze zikomeza kuba aho...