skol
Kigali

Search: Cadi (47)

ONU: Muri Cadi Abantu Barenga Miliyoni 2 Bakeneye Ibiribwa ku Buryo Bwihutirwa

Porogaramu ya ONU yita ku biribwa PAM, yavuze kuri uyu wa kane ko ikeneye byihutirwa miliyoni 162 n’ibihumbi 400 by’amadolari yo gufasha guverinema ya Cadi kwita kuri miliyoni 2 n’ibihumbi 300...
12 May 2023 213 0

Ronald Koeman yanenze bikomeye abakinnyi ba FC Barcelona nyuma yo gutsindwa na Cadiz

Umutoza wa FC Barcelona, Ronald Koeman,yavuze ko abakinnyi be bakwiriye kunengwa cyane kubera uburyo batsinzwe mo n’ikipe ya Cadiz izamutse vuba mu kiciro cya mbere mu buryo...
6 December 2020 1875 0

Menya ibidasanzwe bigize imodoka Perezida Donald Trump agenderamo

Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
27 June 2018 4192 0

Ibiteye amatsiko wamenya ku modoka Donald Trump agenderamo

Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
4 March 2019 5832 0

Hakozwe imodoka idasanzwe ushobora kwicaramo ikakuyobora ikakujyana aho ushaka kujya[AMAFOTO]

Kompanyi y’imodoka ibarizwa mu ruganda rwa General Motors, Cadillac, yashyize hanze ubwoko bushya bw’iyitwa Escalade ishobora kwitwara mu mihanda migari bidasabye ko umushoferi agenzura akoresheje...
10 February 2020 2834 0

Ndungi Sila yaguze indege ebyiri n’imodoka zihenze akiri umunyeshuri benshi bakomeza kwibaza aho ubwo bukire...

Jeffrey Ndungi Sila, umunyeshuri kuri ubu warangije Kaminuza muri Kenya, yaguze indege ebyiri zo mu bwoko bwa Cessna (5Y-CCN na 5Y-CCO) ndetse n’imodoka zigezweho nka Ranger Rover, Mercedes-Benz...
15 August 2020 8229 0

Diamond Platnumz yaguze imodoka yakozwe n’uruganda rukora imodoka ya Perezida wa USA

Kizigenza mu muziki wa Tanzania,Diamond Platnumz, yaguze imodoka yakozwe n’uruganda rukora isanzwe itwara umukuru w’igihugu cya amerika, Cadillac,gusa amafaranga yayiguze ntabwo...
6 June 2021 5111 0

Umuhanga mu by’ikoranabuhanga yavuze ko agiye gukora Lionel Messi muto

Umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwa Arcadi Navarro, yavuze ko ashobora gukora gukora undi muntu umeze nka Messi akoresheje ikoranabuhanga.
20 March 2019 2383 0

Bimwe mu byaranze tariki 11 Kanama

‎Idriss Déby Itino Perezida wa Tchad yizihiza ubwigenge tariki 11 Kanama Bimwe mu byaranze tariki ya 11 Kanama, ingano za USA zavuye muri Vietnam. Turi tariki ku wa gatanu tariki ya 11 Kanama ni...
11 August 2017 418 0

Ruhango:Umugabo arakekwaho gutemagura nyina umubyara bapfa amasambu

Umugabo witwa Mujyarugamba Frederick w’imyaka 43 yatawe muri yombi na polisi yo mu karere ka ruhango akekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa nyina witwa Mukanyemera Leocadie wo mu Murenge wa...
15 November 2018 838 0

Hahishuwe ibanga rikomeye ryatumye Real Madrid yari igeze aharindimuka ikomeje gutsinda umusubirizo muri iyi...

Benshi mu bakunzi ba ruhago ntibari babizi ariko buri wese ukurikirana Real Madrid azi ukuntu yari imerewe nabi cyane mu mezi 2 ashize aho yatsindwaga n’ikipe ibonetse yose kuva kuri Cadiz kugera...
27 December 2020 5829 0

Abafana ba Arsenal barwaniye muri gari ya moshi karahava nyuma yo kunyagirwa na Chelsea

Abafana babiri b’ikipe ya Arsenal baraye barwaniye mu I gari ya moshi mu nzira y’ahitwa Piccadilly ubwo bari bamaze kureba umukino wa nyuma wa UEFA Europa League, ikipe yabo yanyagiwemo na Chelsea...
30 May 2019 2426 0

Sergio Ramos yashwanye na bagenzi be babiri bakinana bapfa umusaruro muke

Umwuka ntabwo ari mwiza mu ikipe ya Real Madrid itari kwitwara neza nkuko bikwiriye muri uyu mwaka w’imikino aho bivugwa ko kapiteni w’ikipe Sergio Ramos yashwanye na bagenzi be bakinana Isco na...
28 October 2020 4875 0

Menya ubwirinzi buhambaye inzego z’ubutasi zikoresha kugira ngo zirinde Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za...

Ushobora kuba ukoresha ubwirinzi bukomeye ngo urinde urugo rwawe, ugakoresha inzugi karahabutaka cyangwa se imbwa z’inkazi, ariko icyo wamenya ni uko iyo bigeze ku burinzi bwa Perezida wa Leta...
13 September 2018 9726 0

Tchad: Perezida Idriss Deby yashyinguwe mu muhango witabiriwe n’abaperezida 12 barimo Macron

Umurambo w’uwahoze ari perezida wa Tchad, Idriss Deby, washyinguwe uyu munsi mu muhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu bagera kuri 12 bari i N’Djamena mu mihango yo...
23 April 2021 2110 0

AFCON2021: Umubyigano kuri stade i Yaoundé wapfiriyemo abafana 8 hakomereka abasaga 38

Abantu umunani biravugwa ko bapfuye naho ababarirwa muri mirongo bagakomereka mu mubyigano hanze ya stade mu gikombe cya Africa cy’ibihugu muri Cameroun.
25 January 2022 551 0

Diamond Platnumz yahishuye impamvu yahisemo kugura indege ye bwite

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakunzwe muri Afurika, yahishuye ko yahisemo kugura indege ye bwite (Private Jet) nyuma yo kubona ko asigaye agira ingendo nyinshi kandi zimusaba kujyana...
7 August 2022 2444 0

Abahoze ari Abarwanyi ba Boko Haram 600 Bagiye Gusubizwa mu Buzima Busanzwe

Abategetsi ba Nijeriya batangaje ko igikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze muri Boko Haram yaciye intege ubushobozi bw’uwo mutwe.
28 March 2023 280 0

Karongi: Bayavuge wiciwe abe bose muri Jenoside atuye mu nzu yasenyutse [AMAFOTO]

Madamu Bayavuge Leocadia uri mu kigero cy’imyaka 63 yiciwe umugabo n’abana be bose mu gihe cya Jenoside ariko arara mu kizu cyasenyutse nta mutekano. Jenoside yakorewe Abatutsi yasanze Bayavuge...
13 April 2023 1833 0

Umuryango G5-Sahel wafashwaga n’Ubufaransa Kurwanya Abajihadiste Ugiye Guseswa

Uyu muryango wari ugizwe n’ibihugu bitanu byari byarishize hamwe kugirango birwanye imitwe y’abajihadiste mu karere ka Sahel.
7 December 2023 411 0

Diamond agiye guhigika bagenzi be, agura indege yigengaho muri uyu mwaka

Umunyatanzaniya ukunzwe cyane mu muziki Diamond Platnumz yatangaje gahunda afite muri uyu mwaka yo kugura indege yigenga azajya atemberamo.
13 May 2022 653 0

Byinshi bitazibagirana mu mitima yabakunzi ba Dj Miller umaze imyaka 2 yitabye Imana[AMAFOTO]

Ku gicamunsi cyo kuwa 05 Mata 2020 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ivuga ko Karuranga Virgile wamenyekanye nka DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ashyizwe mu bitaro byitiriwe...
5 April 2022 1129 0

Impamvu yateye igihugu cya Mali kwikura muri G5 Sahel yamenyekanye

Igihugu cya Mali cyatangaje ko kivuye mu ihuriro ry’ibihugu byo mu burengerazuba bw’Afurika bifite umugambi wo kurwanya iterabwoba.
16 May 2022 622 0

Startimes izereka abafatabuguzi bayo umukino wa El Clasico

Abafatabuguzi ba Startimes bakunda imikino bashyizwe igorora kuko bazabasha kureba live umwe mu mikino ukurikirwa cyane na benshi cyane ku isi uhuza Real Madrid na FC Barcelona uzwi nka “EL...
21 October 2020 1075 0

Chelsea FC igiye kubona myugariro mushya usimbura Rudiger

Amakuru aravuga ko Chelsea yamaze kumvikana amasezerano y’igihe kirekire na myugariro wa Sevilla FC witwa Jules Kounde kugira ngo imusimbuze myugariro Antonio Rudiger wanze kongera amasezerano...
25 December 2021 2010 0

Leta ya Nijeriya yigambye ibitero byahitanye inyeshamba 24

Igisirikare cya Nijeriya kiravuga ko kiciye inyeshyamba za kiyisilamu 24 mu bitero bibiri mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bw’igihugu kandi cyafashe zimwe mu ntwaro z’izo...
19 October 2021 432 0

Menya byinshi ku modoka IDASANZWE ya Perezida Kagame [AMAFOTO]

Imodoka yo mu bwoko bwa Cadillac Escalade ESV Platimun yakozwe mu mwaka wa 2017 niyo Perezida Kagame yagiyemo ubwo yasuraga abaturage bo mu karere ka Ruhango ko mu ntara y’Amajyepfo. Ifoto y’iyi...
30 August 2022 11583 0

Cristiano Ronaldo yatangiye kwimura imodoka ze zihenze azikura I Manchester

Ku wa kabiri, Cristiano Ronaldo yimuriye mu mihanda ya Lisbonne imodoka ze zihenze cyane zari mu mujyi wa Manchester. Cristiano Ronaldo yabonye ko bidakwiriye ko imodoka ze zikomeza kuba aho...
3 December 2022 3564 0

Amashusho ya DJ Higa arwana n’abakobwa bagenzi be akomeje kuvugisha benshi

Amashusho agaragaza Higa Sharon umenyerewe nk’umubyinnyi ndetse no kuvanga imiziki arwana n’abakobwa babiri akomeje kuvugisha benshi.
20 February 2023 2057 0

ONU yamaganye Ubwicanyi buri gukorerwa Abasivile muri Darfur

Umuryango w’abibumbye wongeye gusaba ko ubwicanyi bukorwa ku basivili bukorwa n’umutwe witwara gisirikari wa Rapid Supports Forces RSF buhagarara.
24 June 2023 616 0
0 | 30