Perezida wa USA Donald Trump ashobora kuba ari mu minsi ya nyuma muri white House nyuma y’ibyatangajwe n’uwahoze amwunganira mu mategeko Michael Cohen, wemeje ko Donald Trump yamuhaye amafaranga yo...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari i Davos mu Busuwisi, aho yitabiriye inama y’Ihuriro ku bukungu bw’isi ribaye ku nshuro ya 48; bikaba biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu azagirana ibiganiro na...
Konte ya Donald Trump Jr, umuhungu wa Donald Trump wahoze ayoboye Amerika, kuri X - yahoze ari Twitter - yanditse ko se yapfuye, mu rukurikirane rw’ubutumwa bwashyizweho n’umujura wo kuri...
Kevin McKay warindaga Donald Trump yahishuye uko yagurije 130 $ uyu mugabo wamukoreshaga uri no mu bakize ku Isi ariko agategereza kwishyurwa amaso agahera mu...
Mu gihe akomeje gushinja Komisiyo ishinzwe amatora muri amerika ko yamwibye amajwi, Donald Trump, yatangiye gufatirwa ibyemezo na televiziyo zikomeye ndetse n’imbuga nkoranyambaga muri...
Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika, ni uwa mbere ku rutonde rw’Abantu bashakishijwe cyane ku mbuga nkoranyambaga muri uyu mwaka wa 2016.
Urubuga rwa google...
Umuturirwa wa perezida wa USA Donald Trump uherereye mu mugi wa Baku muri Azerbaijan wafashwe n’inkongi y’umuriro,abashinzwe kuzimya umuriro baratabara.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,Donald Trump yatangaje ko tariki 20 Mutarama 2021 atazitabira umuhango w’irahira rya Joe Biden uherutse gutorerwa...
Abantu barenga 325,000 bari mu batemera ko Joe Biden yatsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bari gutegura uburyo bazitabira umuhango wo kurahira kwa Donald Trump...
Kuri uyu wa 9 Nzeri 2020, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashyizwe ku rutonde rw’abagomba guhatanira igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel cyo mu...
Umunyamideli witwa Karen McDougal yatangaje ko yamaze amezi 9 aryamana na Donald Trump mu ibanga ndetse yagerageza gutangaza aya makuru abakozi b’uyu perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika usanzwe...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Ikigo cya USA gishinzwe iperereza FBI,cyatangiye gukeka ko Perezida Donald J.Trump yaba ari intasi y’Uburusiya muri White House cyane ko byavuzwe Abarusiya bibye amajwi bakamugira...
Perezida wa USA,Donald Trump yamaze kugera Hanoi mu gihugu cya Vietnam aho agiye guhurira na mugenzi we Kim Jong Un wa Koreya y’Amajyaruguru bahoze badacana...
Uretse indege buri mu perezida wa Amerika wese agendamo ya Air Force One, buri muperezida agira imodoka yihariye agendamo. Buri modoka Perezida wa Amerika uba ukiyobora agendamo bayita Cadillac...
Nyuma yo gutangaza ko nta mpano abonamo Rihanna Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yongeye kwikoma uyu muhanzikazi, avuga ko atanejejwe n’igitaramo uyu muhanzikazi...
Perezida Donald Trump wa Amerika amaze gutangaza ko Mark Esper wari umunyamabanga wa leta (yagerewanywa na minisitiri) ushinzwe ingabo ibye ‘byarangijwe’.
Umusore w’imyaka 33 ukomoka mu gace ka Telangana, mu Buhinde wavugishije benshi nyuma yo guhindura icyumba cye urusengero rwa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump, yapfuye ubwo...
Mushiki mukuru wa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika avuga ko musaza we ari umubeshyi "utagira amahame agenderaho", nkuko amajwi yafashwe mu ibanga...
Perezida Donald Trump uyoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ari mu gahinda nyuma yo gupfusha murumuna we witwa Robert Stewart Trump wapfuye mu ijoro ryo kuri uyu wa 15 Kanama...
Inyandiko nyinshi n’amatangazo byerekeranye no kwiyamamaza kwa Donald Trump mu matora y’umukuru w’idihugu yasibwe kuri Facebook kubera ko yagaragazaga ikimenyetso cyakoreshwaga n’Abanazi, mu...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2016, Kanye West yahuye na Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa kuyobora Amerika ahigitse Hillary Clinton. Uyu muraperi n’ubwo atitabiriye amatora ya...