Binyuze mu nama y’Inteko Rusange Idasanzwe FERWACY yakoze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Ukwakira, hemejwe ko amatora yo kuzuza Komite Nyobozi ya FERWACY yari yasubitswe, azaba ku wa 5...
Murenzi Abdallah uzwi cyane mu mikino kubera ukuntu yayoboye Rayon Sports akayihesha shampiyona mu mwaka wa 2013,yatorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda,FERWACY,asimbuye...
• Tour du Rwanda izakoresha ingengo y’imari ya miliyoni 500 FRW
• Hagiye kujya hahembwa uwahatanye kurusha abandi
• Tour du Rwanda y’uyu mwaka niyo ya nyuma ibaye mu kwezi kwa...
FERWACY imaze gutangaza inzira Tour du Rwanda 2018 aho iri siganwa mpuzamahanga ngaruka mwaka rigiye kuba ku nshuro ya 10 rizatangira Tariki ya 5 Kanama risozwe tariki ya 12 Kanama 2018, ryajemo...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, FERWACY,ryamuritse inzira Tour du Rwanda ya mbere ya 2.1 izacamo,zirimo agace karekare kazava Huye kerekeza I Rubavu ku ntera...
Amakuru agera ku Umuryango n’uko ,mu ijoro ryo kuri uyu wa 6 Ukuboza 2019, Komite Nyobozi y’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) yari irangajwe imbere na perezida Aimable...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira imyitozo mu byiciro bitatu, akaba ari bo bazavamo abakina irushanwa rya Tour du...
Ubuyobozi bw’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda [FERWACY] bwatangaje ko kubera icyorezo cya Covid-19 gikomeje gukaza umurego mu Rwanda muri iyi minsi bwimuye irushanwa rya...
Umusore Hadi Janvier uri mu beza u Rwanda rwagize mu mukino wo gusiganwa ku magare yandikiye ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY arisaba imbabazi kubera amagambo akomeye yavuze...
Umwuka si mwiza mu ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) aho Visi Perezida wa mbere ndetse na Visi Perezida wa 2 bashinja Perezida w’iri shyirahamwe Aimable Bayingana kubayoboza...
Abategura Tour du Rwanda bazanye udushya twinshi mu irushanwa ritaha aho bazanye amakipe menshi akina Tour de France ndetse n’uduce dushyi turimo n’akazagera i Kibeho mu karere ka...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ryamaze gutangaza abakinnyi 28 bagomba kwitabira umwiherero wo kwitabira irushanwa ngarukamwaka ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda aho...
Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...