Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher yatangaje ko nta kintu na kimwe ashaka kuvuga ku indirimbo bivugwa ko yakoranye na Meddy witegura kuza mu Rwanda.
Tariki ya 14 Ukwakira...
Tugiye kukugezaho ibyihariye ku muhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda Itahiwacu Bruce [Bruce Melodie] watunguwe na Eddy Kenzo ndetse na Producer Madebeats mbere y’uko yizihiza isabukuru ye...
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly muri muzika, yamaze gutangaza ko Dream Boys na Christopher aribo bahanzi berekanye ko bafite inyota yo kuvamo umwe wegukana irushanwa rya Primus Guma Guma...