Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 31 Werurwe 2018, nibwo habaye amatora y’umuyobozi wa FERWAFA,yarangiye ku ntsinzi ya Brigadier General Sekamana Jean Damascene wahigitse Rurangirwa Louis ku majwi 45 kuri 7...
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru rimaze gushyirwa ku rubuga rw’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA riravuga ko Komite nyobozi ya FERWAFA nta burenganzira ifite bwo gutegeka...
Ikipe ya Pepiniere FC, ni ikipe yazamutse mu cyiciro cya mbere uyu mwaka w’imikino wa 2016/2017. Gusa ishyamba si ryeru hagati y’ iyi kipe n’ ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA,.Iyi...
Perezida wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate n’umuvugizi w’iyi kipe Nkurunziza Jean Paul bahamagajwe n’akanama gashinzwe imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FERWAFA kugir ngo kababaze ku...
• FERWAFA yatangaje ko umutoza Antoine Hey yataye akazi nta ruhushya asabye
• Antoine Hey yahakanye ko yataye akazi nkuko FERWAFA na MINISPOC babivuze ko ahubwo yari mu kazi ke
• Kuvuguruzanya...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryakoze inama y’Inteko Rusange Idasanzwe yo kwemerezamo ingengo y’imari y’uyu mwaka wa 2024, Komiseri w’Imisifurire ndetse n’amatora ya komisiyo...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryatangaje ko imikino ya kamarampaka yo gushaka amakipe 2 agomba kuzamuka mu cyiciro cya mbere yimuriwe kuwa Gatandatu yose uko ari 3 ndetse...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Nzeri 2020,FERWAFA yerekanye ibigomba kuzuzwa n’amakipe yo mu byiciro bitandukanye mu Rwanda kugira ngo amarushanwa y’umupira w’amaguru hano mu Rwanda abe...
Komisiyo ishinzwe ubujurire mu Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,yateye utwatsi ibirego byatanzwe n’ubuyobozi bwa Gicumbi FC na Heroes bwavuze ko butishimiye icyemezo cyafashwe na...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryemeje ko amakuru avugwa ko bari mu biganiro na BRALiRWA na RBA gusa ihakana ibyavuzwe n’umwe mu banyamakuru ko yanze miliyoni 360 FRW iri...
Kuri uyu wa Gatanu nibwo hasohotse imyanzuro y’ubujurire bwa Rayon Sports ku bihano 3 bikarishye yari yahawe na FERWAFA aho yasigaranye ibihano bibiri gusa birimo icy’amande y’ibihumbi 300 FRW no...
Umusifuzi w’umunya Namibia Jackson Pavaza wasifuye umukino Amavubi na Cote d’Ivoire yamaze gutanga ikirego muri CAF arega bamwe mu bayobozi ba FERWAFA kumuha ibahasha ya kaki akeka ko yarimo...
Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n’imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA...
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yikuye mu gikombe cy’amahoro nyuma yo kubwirwa ko umukino wayo na Intare FC wari uyu munsi wimuriwe kuwa Gatanu.
Rayon Sports ntiyishimiye uburyo FERWAFA...
Ikipe ya Rayon Sports ishobora gukurwaho amanota atandatu ndetse n’ibindi bihano biteganyijwe na FERWAFA ku mpamvu z’uko batubahirije ibyo bumvikanye n’uwahoze ari umutoza wayo Ivan Minnaert...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA], ryatangaje ko ryafashe umwanzuro wo gutegereza umwanzuro wa Guverinoma y’u Rwanda ku byerekeye ingamba zo kwirinda Coronavirus uzamenyekana mu...
Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] n’ubwa Rayon Sports bamaze kumvikana ku mwanzuro wo guhagarika guterana amagambo mu binyamakuru nyuma y’iminsi ishize rugeretse ku...
Ikipe ya Espoir FC yo mu karere ka Rusizi yandikiye FERWAFA iyimenyesha ko itazerekeza I Nyagatare guhura na Sunrise FC mu mukino wo kwishyura w’igikombe cy’Amahoro bituma FERWAFA iyibwira ko...
Umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul ashobora gufatirwa ibihano bikomeye kubera amagambo yavuze ko FERWAFA atari umuyobozi w’amakipe ahubwo ari umukozi wayo kuko aribo...