Uwimana Francis wamamaye mu muziki nka Fireman kuri uyu wa 31 Ukuboza 2019, yagejejwe mu Rukiko rwa Gisirikare aho yatangiye kuburanishwa ku cyaha cy’ubufatanyacyaha mu gukubita no gukomeretsa...
Uwimana Fransis uzwi nka Fireman yongeye kugaragara mu rukiko kuri uyu wa Mbere asaba kugirwa umwere ku cyaha cyo gukubita no gukomeretsa, mu gihe ubushinjacyaha buri gusaba ko igihano yahawe...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi nka Fireman, wagiye yiyita Godson, Musirikare n’andi menshi mu muziki umwe mu baraperi bahoze mu itsinda rya Tuff Gang, nyuma y’umwaka yari amaze ari kugororerwa...
Umuraperi Fireman avuga ko agowe cyane no kubaho muri ibi bihe abantu basabwa kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus bityo ko akwiye ubufasha kuko yabaho...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Adrien Misigaro atangaza ko yiyemeje kuba hafi umuraperi Fireman haba mu muziki we no mu buzima busanzwe ku buryo afite icyizere cy’uko azakira...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi nka Fireman agiye kurangiza umwaka yari amaze agororerwa Iwawa ndetse we na bagenzi be bagera ku 2,151 bazarekurwa kuwa 20 Nzeri 2019 basubire mu buzima...
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwagize umwere Uwimana Francis wamamaye mu muziki nka Fireman wari ukurikiranyweho ubufatanyacyaha mu gukubita no gukomeretsa byateye ubumuga buhoraho umugororwa w’i...
Nyuma y’iminsi Kabera Charlotte umugore wa Fireman arembeye mu bitaro ubwo yari yavunitse igufwa ry’urutirigongo, ubu yamaze gutaha mu rugo ndetse ashimangira ko azamera neza nyuma yo gusoza...
Umuraperi Uwimana Francis wamamaye nka Fireman yatangaje ko ubukungu butifashe neza, nyuma y’uko Guma mu rugo ya Kigali yatumye abana n’umukunzi we mu buryo...
Umuraperi Fireman umaze igihe kigera ku mezi atatu ari kugororerwa Iwawa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Werurwe 2019, mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru bitandukanye byamusuye yasabye...
Jay Polly yari umwe mu baraperi bafite izina rikomeye mu muziki w’u Rwanda, ari nabyo byatumye inkuru y’urupfu rwe ishavuza benshi kuva ku bavandimwe be, inshuti, abakunzi b’ibihangano bye ndetse...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi ku izina rya Fireman yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Kabera Charlotte yari amaze umwaka urenga yarambitse impeta nyuma yo kwemeranya kurushinga.
Uyu...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 nibwo Umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo zaririmbiwe Imana,uzwi nka Adrien Misigaro n’umuvandimwe we Gentil Misigaro basanzwe baba muri Amerika...
Umuraperi Bull Dog atangaza y’uko hari abahanzi b’abaraperi bagenzi be abona bakoze neza uyu mwaka bagakwiye guhabwa umwanya n’abo bagahatana/bakongera guhatana mu irushanwa rya Primus Guma Guma...