Umunyabigwi mu mupira w’amaguru by’umwihariko mu Butaliyani,Francesco Totti yatangaje ko urugo rwe n’uwahoze ari umugore we Ilary Blasi rwasenyutse kubera ko yananiwe kumushyigikira aho yari...
Uyu mukinnyi wo hagati wa Juventus n’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa,Paul Pogba aravuga ko yibasiwe n’ubwambuzi hamwe no gushyirwa ku nkeke n’abagizi ba nabi babigendereye barimo umuvandimwe we Mathias....
Rutahizamu wa Paris Saint-Germain, Kylian Mbappé, yatangaje ko kapiteni wa Real Madrid, Karim Benzema ariwe mukinnyi ufite amahirwe menshi yo gutsindira Ballon d’or 2022.
Mbappé atekereza ko...
Ikinyamakuru France Football cyatangaje abakinnyi 30 bahatanira Ballon d’or mu mwaka wa 22 mu bagabo,abagore,abatoza n’abana, aho umukinnyi mwiza ku isi agomba gutangazwa mu birori bizaba mu...
Umuhanzikazi ukomeye muri Africa uturuka mu Gihugu cya Uganda yageze i Kigali ashimangira ko iyo ageze mu Rwanda yiyumvamo nk’ugeze murugo kuko muriwe yiyumva...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Hon.Habineza Frank aratangaza ko agifite inyota yo kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ndetse ko kuba Perezida Kagame...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru wa France24 Marc Perelman i Kigali” cyibanze ku masezerano yo guhagarika umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira...
Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,watwaye Tour de France inshuro enye, ayoboye ubukangurambaga bwo gukusanya amayero asaga 300.000 (hafi miliyoni 320 z’amafaranga y’u...
Polisi iri guhiga bukware abajura bivugwa ko binjiye mu nzu ya Marco Verratti bamwiba ibintu bifite agaciro ka miliyoni zisaga 2,5 z’amapound uri mu biruhuko ahitwa Ibiza.
Uyu mukinnyi wa Paris...
Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare yakoze impanuka yikubita hasi nyuma yo kugonga umugore we nyuma y’amasegonda make amaze gutsinda ubwo uyu yageragezaga kumufata amafoto arenga...
Uwitonze Sonia Rolland wabaye Nyampinga w’Ubufaransa mu mwaka wa 2000 yatangiye gukurikiranwa n’ubutabera kubera impano y’inzu (Appartment) yahawe na na Omar Bongo wahoze ari Perezida wa Gabon muri...
Ikipe ya Real Madrid yatwaye igikombe cya UEFA Champions League ku nshuro ya 14 nyuma yo gutsindaLliverpool igitego 1-0 cyatsinzwe na Vinicius Junior ku munota wa 59 w’umukino.
Mu mukino wa...
Ikipe ya Real Madrid ntizacumbika i Paris ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ahubwo yafashe hoteri y’inyenyeri 5 yitwa Auberge du Jeu de Paume yose uko yakabaye iri mu minota 30 uvuye...
Mohamed Salah nta gushidikanya,yahishuye ikipe ashaka ko Liverpool yazahura nayo ku mukino wa nyuma wa Champions League baraye bagezeho batsinze Villarreal ibitego 3-2 byiyongera kuri 2-0 bari...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri,tariki ya 04 Gicurasi 2022,ikipe ya Liverpool yikuye mu mutego ukomeye Villarreal yari yayiteze igera ku mukino wa nyuma wa Champions League iyitsinze ibitego 5-2...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yasabye imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gushyira intwaro hasi igakorana n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi mu kugarura...
Ku mbugankoranyambaga hakomeje gusakara amashusho y’umupolisi wo muri Leta Zunze Ubumwe Za America atsikamiye umwirabura bivugwa ko ari umunye-Congo wishwe ku ya 4 Mata ariko bikaba byarasakajwe...
Perezida Paul Kagame niwe watangije agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2022 katangiriye kuri Canal Olympia ndetse niho kanasorezwa kuko abakinnyi 68 bagiye kuzenguruka umujyi wa Kigali.
Muri iki...
Umunyarwandakazi uba mu Bwongereza, akaba icyamamare mu kubyina, Sherrie Silver yubakiwe ikibumbano i London. Iki kibumbano giteze amaboko nk’uko mu mbyino za Kinyarwanda bikorwa.
Sherrie Silver...
Raporo nshya y’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga ku isi yashyize Tanzania ku mwanya wa 4 mu bihugu byiza ku isi n’amanota 6.90 ku icumi mu gihe na Kenya yaje mu bihugu 10 bya mbere byiza ku isi....
Luc Montagnier, umuhanga mu bya virus w’umufaransa wemejwe ko yafatanyije kuvumbura human immunodeficiency virus (HIV), yapfuye afite imyaka 89.
Montagnier na mugenzi we mu 2008 bahawe igihembo...