Kuri uyu wa kabiri,nibwo Perezida Emmanuel Macron yatangaje ko ’mu mpera z’uku kwezi kwa gatanu’ azasura u Rwanda, mu ruzinduko rugamije guhindura ibintu mu...
The Coppa Italia Final will see Atalanta take on Juventus on Wednesday 19 May. It is the last opportunity for Cristiano Ronaldo to win a trophy this season. But it won’t be easy against Atalanta...
Perezida w’Ubufaransa,Emmanuel Macron yageze i Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane mu ruzinduko rw’iminsi ibiri,rugamije kunoza umubano w’Ubufaransa n’u...
Umutoza w’Amavubi Mashami Vincent yavuze ko impamvu atahamagaye ba myugariro babiri bo ku ruhande muri APR FC, Omborenga Fitina na Imanishimwe Emmanuel, ari uko bombi bari bakwiye ikiruhuko kubera...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Kamena 2021,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 2 bishwe na COVID-19 bituma abamaze gupfa bagera kuri 368 mu Rwanda.
UEFA Euro 2020 started on 11 June and it has already delivered great action. The best thing is that it will get better and better until 11 July.
This weekend will be packed with exciting...
Ku mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, inzego z’ubuyobozi mu Rwanda zakiriye imirambo ibiri y’Abanyarwanda biciwe muri Uganda mu bihe bitandukanye.
Abagabo biciwe muri Uganda ni Dusabimana...
Ikinyamakuru France Football cyashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 30 bagomba kuzavamo umwe wegukana Ballon d’Or ya 2021 aho Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bagarutse muri uru rutonde kuva muri...
Luc Montagnier, umuhanga mu bya virus w’umufaransa wemejwe ko yafatanyije kuvumbura human immunodeficiency virus (HIV), yapfuye afite imyaka 89.
Montagnier na mugenzi we mu 2008 bahawe igihembo...
Raporo nshya y’ibihugu bifite ubwiza nyaburanga ku isi yashyize Tanzania ku mwanya wa 4 mu bihugu byiza ku isi n’amanota 6.90 ku icumi mu gihe na Kenya yaje mu bihugu 10 bya mbere byiza ku isi....
Umunyarwandakazi uba mu Bwongereza, akaba icyamamare mu kubyina, Sherrie Silver yubakiwe ikibumbano i London. Iki kibumbano giteze amaboko nk’uko mu mbyino za Kinyarwanda bikorwa.
Sherrie Silver...
Perezida Paul Kagame niwe watangije agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2022 katangiriye kuri Canal Olympia ndetse niho kanasorezwa kuko abakinnyi 68 bagiye kuzenguruka umujyi wa Kigali.
Muri iki...
Ku mbugankoranyambaga hakomeje gusakara amashusho y’umupolisi wo muri Leta Zunze Ubumwe Za America atsikamiye umwirabura bivugwa ko ari umunye-Congo wishwe ku ya 4 Mata ariko bikaba byarasakajwe...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yasabye imitwe yitwaje intwaro ikorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo gushyira intwaro hasi igakorana n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi mu kugarura...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri,tariki ya 04 Gicurasi 2022,ikipe ya Liverpool yikuye mu mutego ukomeye Villarreal yari yayiteze igera ku mukino wa nyuma wa Champions League iyitsinze ibitego 5-2...
Mohamed Salah nta gushidikanya,yahishuye ikipe ashaka ko Liverpool yazahura nayo ku mukino wa nyuma wa Champions League baraye bagezeho batsinze Villarreal ibitego 3-2 byiyongera kuri 2-0 bari...