Muri iyi minsi hari umwuka utari mwiza hagati y’abahanzi babiri , P Fla na Amag The Black aho umwe abashinja mugenzi we kugambanira injyana na HipHop undi akamusubiza ko iyi njyana avuga atari...
Hasigaye iminsi itatu gusa ngo igitaramo cya nyuma kizatangirwamo igihembo nyamukuru ku muhanzi uzegukana irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya karindwi amenyekane, Humble Jizzo...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Werurwe 2017, nibwo hemejwe abahanzi 10 bazahatana mu irushanwa ngarukamwaka rya Primus Guma Gum Super Star rigizwe n’ibitaramo bitanu aho kuba 17...
Abahanzi bo mu Rwanda bavugisha ukuri kurusha abandi ni Am G The Black , Safi Madiba , Tom Close , Riderman.
U Rwanda rumaze kugwiza abahanzi benshi mu gihe bamwe muribo bakunze kurwanga no...
Umuraperi Fireman umaze igihe kigera ku mezi atatu ari kugororerwa Iwawa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Werurwe 2019, mu kiganiro yagiranye n’ibinyamakuru bitandukanye byamusuye yasabye...
Umuraperi Ngenzi Serge[Neg G The General] uri kugororerwa Kigo Ngororamuco cya Iwawa, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru basuye iki kirwa yakomoje kumuraperi mugenzi we wamuhaye ku kiyobya...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’ u Rwanda barikwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 25 , abahanzi n’abaririmbyi batandukanye barza gutaramira abanyarwanda kuri uyu munsi,hari ubutumwa...
Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana,Sano Olivier, umaze iminsi avugwa cyane haba ku mbuga nkoranyambaga, no mu bitangazamakuru bitandukanye kubera inkuru iherutse kujya...
Umuraperi Uwimana Francis uzwi nka Fireman, wagiye yiyita Godson, Musirikare n’andi menshi mu muziki umwe mu baraperi bahoze mu itsinda rya Tuff Gang, nyuma y’umwaka yari amaze ari kugororerwa...
Umuraperikazi wo mu gihugu cya Uganda Mirembe Recheal uzwi ku mazina ya Recho Rey, yatangaje ko gahunda yo kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwiza ry’icyorezo cya Coronavirus yatumye...