Intumwa zoherejwe n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF ziri i Huye aho zagiye kugenzura niba Stade Huye ndetse n’amahoteli ari mu Karere ka Huye biri ku rwego rwo kwakira...
Umukinnyi Kevin de Bruyne ukinira ikipe ya Manchester City n’Ububiligi yahishuye uburyo yahuye mu buryo butangaje n’umugore we bamaze kubyarana abana 3 nyuma yo gushyingiranwa muri...
Umuhanzi mu njyana ya Rap wamenyekanye nka Papa Cyangwe yahishuye ingaruka yahuye nazo nyuma yo gutandukana na ocky Entertainment yamufashaga mu bikorwa bye bya Muzika anavuga uko byamuhaye...
Polisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi, uwari umuyobozi wa Polisi mu Murenge wa Huye ndetse n’abayobozi barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari baherutse kugaragara mu mashusho...
Rutahizamu w’ikipe ya Juventus,Cristiano Ronaldo umaze imyaka isaga 20 akina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga,yahuye na ba myugariro benshi ariko yemeza ko Ashley Cole ariwe wamugoye...
Abasore babiri biga mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro riri mu karere ka Huye, IPRC-Huye , mu ntara y’amajyepfo riherereye hafi ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye batawe muri yombi...
Myugariro Marcelo,umunyabigwi wa Real Madrid wayihesheje ibikombe byinshi yaganiriye byinshi ku mwuga we ndetse agaruka ku mukinnyi wamugoye mubo bahuye.
Uyu mukinnyi ukina inyuma ku ruhande...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwasabye bamwe mu bacururiza mu isoko rya Huye kuba bahagaritse ibikorwa by’ubucuruzi, hagasigara abacuruza ibiribwa, na bo kandi hagakora...
Umugabo witwaga Niyonshuti Anicet wo mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo wari mu kigero cy’imyaka 29 y’amavuko yasanzwe mu mugozi yapfuye aho bikekwa ko...
Umusore witwa Ntakiritimana Patrice wo mu kagari ka Mara ho mu murenge wa Ruhashya w’akarere ka Huye, yitabye Imana nyuma yo kunywa umuti wa Roket wica...
Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo umaze kuba kizigenza mu bakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda yavuze ku ntambara yahuye na zo nyuma yo kubyara akiri...
M’bilia Bel wamamaye mu ndirimbo Nadina na Nairobi yavuze ko ahuye na Kagame yamusaba kunga ibihugu byombi, ubumwe bukaganza hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho...
Abaturage batujwe hafi ya gereza ya Huye hagendewe ku gishushanyo mbonera cy’umugi wa Huye bakanizezwa ko iyi gereza izimuka baravuga ko babangamiwe n’umunuko w’imyanda ituruka muri iyi gereza....
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Gicurasi 2020, mu cyuzi cyifashishwa n’uruganda rwa kadahokwa mu gutanga amazi mu mujyi wa Huye hiyahuriyemo undi muntu, abahaturiye bavuga ko abaye uwa 6...
Umugabo uturuka mu Karere ka Huye mu Murenge wa Huye, yahamijwe icyaha cyo kwica mushiki we amutemesheje umuhoro, ahanishwa gufungwa burundu no kwamburwa uburenganzira...
Ikipe y’Igihugu Amavubi izakinira na Senegal i Dakar muri Senegal mu mukino wa kabiri w’ijonjora ryo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Cote d’Ivoire umwaka utaha.
Nubwo...
Umukinnyi wa Filimi wari mu bakomeye witwa Sushant Singh Rajput w’imyaka 34 yatumye abakunzi be bajya mu gahinda nyuma yo gusangwa mu rugo rwe yapfuye polisi ikemeza ko ashobora kuba...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 24/12/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azateza muri cyamunara umutungo utimukanwa wa BARIJABIRO Ildephonse...