Mu rwego rwo gukomeza gushishikariza abanyarwanda kwirinda, gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge no gushaka ingamba zo kubica burundu, inzego za Leta zirimo Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu, iy’...
Bimaze kugaragara ko ibiyobyabwenge n’ibisindisha bimaze kuba ikibazo gikomeye mu rubyiruko rw’ u Rwanda, ikaba ariyo mpamvu ubuyobozi bwa Leta y’ u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kurwanya no...
Umugore w’umucuruzi kabuhariwe w’ibiyobyabwenge, El Chapo Guzmán, kuri ubu ufungiye muri muri Amerika, niwe wishyikirije ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuwa Kabiri ushize, ashaka kurinda...
Minisitiri w’ ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta yifatanyije n’ abaturage b’ akarere ka Gicumbi mu muganda wo gutera ibiti ku misozi yo mu murenge wa Rutare. Nyuma y’ umuganda aganiriza...
Ubukangurambaga bwo kwirinda, gukumira no kurwanya ibiyobyabwenge, kuwa kane tariki ya 25 Mutarama bwakomereje mu karere ka Kirehe, aho abayobozi mu nzego za Leta barimo Minisitiri w’Ubutegetsi...
Kuri uyu wa 29 Ukuboza, ku kimoteri cya Nduba Kiri mu murenge wa Nduba akarere ka Gasabo, hangirijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kari hejuru ya Miliyoni 16 n’ibihumbi 500 byose byavuye mu...
Ku itariki ya 25 Nyakanga, abagore babiri bafashwe bagiye kwinjiza ibiyobyabwenge mu ndege ya RwandAir, yari igiye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu inyuze i Kigali.
Abagore bafashwe barimo...
Kuwa gatandatu tariki ya 29 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Burera, ubuyobozi bw’umurenge wa Bungwe n’abaturage b’uyu murenge, bangije ku buryo bwabugenewe ibiyobyabwenge...
Ku itariki ya 28 Nyakanga, mu murenge wa Kitabi haburanishijwe mu ruhame (imbere y’abaturage) uwitwa Ntakirutimana Emmanuel waregwaga icyaha cyo gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by’urumogi,...
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Nyamirama, akagari ka Shyogo, tariki ya 14 uku kwezi, habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge birimo litiro za Kanyanga zisaga 500. Abaturage...
Ku itariki ya 25 Werurwe, abaturage b’umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge basabwe gufatanya na Polisi y’u Rwanda ndetse n’izindi nzego kurwanya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi ku...
Ku wa kabiri, Minisiteri y’Ubutabera yo muri Amerika yatangaje ko umuhungu w’uwahoze ari perezida wa Guinea-Bissau, yakatiwe igifungo gisaga imyaka itandatu n’igice azira kugira uruhare mu mugambi...