Iyo bibaye ngombwa ko haboneka impamvu ifatika yo kuba abakundana batandukana, akenshi usanga abantu bavuga ko nta we ukwiye kwivanga mu byabo, kuko baba bakeka ko bashobora no kongera...
Mu mafoto atandukanye reba ibyaranze ubukwe bw’Umunyamakuru Samuel Baker Byansi wamenyekanye cyane mu nkuru zicukumbuye uherutse gushyingiranwa n’umukunzi we Uwase...
Umukinnyi w’iteramakofe wa Africa y’Epfo yapfuye nyuma yo kuva amaraso ku bwonko mu mukino wabereye i Durban muri weekend ishize.
Simiso Buthelezi w’imyaka 24 ku cyumweru yari yahuye na mugenzi we...
Ikinyamakuru El Periodico cyo muri Espagne cyanditse ko umubano wa Gerrard Pique n’umuhanzikazi Shakira uri kugana mu marembera kubera amadidane uri gucamo aturuka ku gucana inyuma.
Umuhanzikazi...
Abantu benshi bakunze kugira ingeso yo kureba muri Telephone z’abakunzi babo bibwira ko hari icyo byatanga ku mubano wabo ariko hari impamvu zitandukanye zigaragaza ko umuntu adakwiye kureba muri...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Ndayisenga Paul wo mu murenge wa Rushaki mu Karere ka Gicumbi ,ukekwaho gukubita no gukomeretsa ndetse no gutoteza umuturage mugenzi...
Umukinnyi wa Film Alliah Cool uherutse kugirwa Ambassador wa UN mu minsi yashize yagarutse k’ubuzima bwe n’uburyo yishimiye kuba Amb wa UN atigeze atekereza ko...
Miss Keza Nadia n’umukobwa w’imyaka 19 ari mu bakobwa barimo guhatanira ikamba rya Nyampinga w’uRwanda 2022 ari mu bakobwa bahagarariye intara y’iburasirazuba...
Ubwo Sadio Mane yari ari kuvurirwa mu bitaro byo muri Cameroon kubera gukomereka mu mutwe, yishyuriye ibihumbi 400.000 bya CFA umuryango w’umwana ufite igikomere gikomeye cyashoboraga kumuhitana...
Myugariro wa Manchester City,Joao Cancelo,ntabwo yarangije umwaka neza kuko yatewe n’ibisambo mu rugo biramukomeretsa ku jisho agerageza kurinda umuryango we.
Uyu mukinnyi wa Manchester City,...
Kwibagirwa umukobwa ukunda ni ikintu gikomeye cyane ndetse kitanashoboka kugeza umenye ko utakimurwanira. Hanze aha hari abasore barwanira abakobwa bikarangira batababonye kubera ko batabikoze...
Adele yavuze ko "yakojejwe isoni" na gatanya, mu kiganiro cyihariye kandi kirambuye yagiranye na Oprah Winfrey.
Adele yavuze ko yumvise "yarasuzuguye" ingingo yo gushyingirwa ubwo yatandukanaga...
Kuri uyu wa mbera tariki ya 20 Nzeri Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 38 bafashwe batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Bafashwe kuva tariki ya 14 Nzeli 2021 bafatirwa mu bice bitandukanye...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwemeje ko rwafunze Umuyobozi w’Umudugudu wa Rubona mu Murenge wa Karangazi Akarere ka Nyagatare witwa Kalisa Sam n’umuturage witwa Mutsinzi Steven,...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko abahanzi Davis D na Kevin n’umufotozi Thierry Habimana barekurwa by’agateganyo bagakurikiranwa bari hanze.Bari bakurikiranweho ubufatanyacyaha n’icyaha...
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge, rwatangiye kuburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo abahanzi Davis D na Kevin Kade n’umufotozi witwa Habimana Thierry bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya...
Umugabo wo muri Australia yakatiwe igifungo cy’amezi 10 kubera gufata amashusho no kuzomera abapolisi bari baryamye hasi barimo gupfira ahabereye impanuka.
Umugabo wo mu gihugu cya Brazil yahuye n’uruva gusenya ubwo yari agiye gufata ku ngufu mubyara we hanyuma agacibwa igitsina n’udusabo tw’intanga n’umugabo w’uyu mugore w’abandi duhabwa ingurube zo mu...