Umukinnyi Buteera Andrew ukina hagati mu kibuga mu ikipe ya APR FC yamaze kongerwa mu mavubi azakina imikino ya CECAFA izatangira ku I taliki ya 03 Ukuboza 2017,ubwo Amavubi azaba akina na Kenya....
Umutoza w’ikipe y’igihugu amavubi Antoine Hey aratangaza ko intego y’ibanze bazajyana mu mikino ya CECAFA 2017 ari ukuryegukana dore ko ikipe y’igihugu iheruka igikombe mu mwaka wa 1999.
Uyu...