Kuri uyu wa Mbere tariki 11 Nzeri 2017, Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi barimo Abaminisitiri babiri, umunyamabanga wa Leta, umuvunyi mukuru ndetse n’ abadepite babiri...
Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kane tariki 13 Nzeli yakiriye indahiro z’ abacamanza mu rukiko rwa Gisirikare abasaba gutanga ubutabera...
Umugabo witwa Muhire Pierre ukomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yasabwe na Gitifu gusubiramo indahiro ye asezerana n’umugore we,yavuze ko yashakaga gusetsa abantu...
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro za Gen (Rtd) James Kabarebe uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Francis Gatare...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 yakiriye indahiro ya Minisitiri w’ intebe mushya w’ u Rwanda Ngirente Edouard avuga ko kuri uyu mugoroba abaminisiti bashya...
Kuri uyu wa 31 kanama 2017 mu ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko ku Kimihurura, Perezida Kagame, yakiriye indahiro y’Abaminisitiri 20 n’abanyamabanga ba Leta 11 bagize Guverinoma nshya.
Ijambo rye...
Perezida Paul Kagame watorewe kuyobora u Rwanda mu matora yabaye tariki 3 na 4 Kanama 2017, kuri uyu wa 18 Kanama 2017 yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda y’ imyaka irindwi iri imbere...
Umuhanzi Diamond Platnumz yavuze ko kuba Zari wahoze ari umugore we yaramucaga inyuma agakundana n’umuhanzi Peter Okoye ari byo byatumye amuca inyuma ariko kandi Zari na we ahita amusubizanya...
Ku wa 14 Gicurasi, abasore n’inkumi 20 bagize Itorero Inganzo Ngari bahagurutse mu Rwanda berekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitabiriye Iserukiramuco Nyafurika ry’Imbyino rizwi nka Dance...
Perezida wa Nijeriya, Bola Tinubu, kuri uyu wa mbere yarahije abaminisitiri 45, muri guverinema nshya. Bitezweho kwita ku bibazo by’ubukungu, bugenda buhoro, ifaranga rijegajega n’itumbagira...
Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yasabye Abacamanza ndetse n’abayobozi ba gisirikare gufatatana uburemere indahiro barahiriye imbere ye ndetse no kunoza inshingano zabo hagendewe ku cyerekezo...
Kuri uyu wa gatanu,Samia Suluhu Hassan,amaze kuvuga indahiro yo kuba perezida wa Tanzania, mu muhango wabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Tanzania.
Kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z’abacamanza batatu muri Village Urugwiro, abibutsa ko bafite inshingano zikomeye zo gutuma Abaturarwanda bakomeza kwiyumvamo urwego...
Perezida Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Umutekano mu gihugu, Alfred Gasana,anaboneraho kwifuriza abanyarwanda bose gusoza neza uyu mwaka no gutangira umushya wa 2022 amahoro,...
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro za Gen (Rtd) James Kabarebe uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga na Francis Gatare...