Umutwe w’intagondwa zigendera ku matwara akaze y’idini ya Islam yasohoye videwo ibwira umushumba wa Kiliziya Gaturika ku isi Papa Francis ko habura igihe gito ugatera i Vatikani.
Mu mashusho...
Umutwe w’iterabwoba wo mu idini ya Islam Islamic State (ISIS)wasohoye amafoto n’amashusho yababaje benshi abana bawurimo bari guhohotera imfungwa Afghanistan.
Aba bana b’abahungu bafite imyaka 7...
Umutwe w’iterabwoba wo mu idina ya Islam uzwi nka Islamic State (ISIS) wahaye isezerano abafana b’Ubwongereza ko uzabarasisha drones ubwo bazaba bari mu gikombe cy’isi giteganyijwe kubera mu...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (ISIS) washyize hanze amashusho y’ukuntu wishe urashe abasirikare 4 b’abanyamerika muri Niger nyuma yo kubagota. Abasirikare ba USA birwanyeho uko bishoboka...
Ibyihebe byo mu mutwe wa ISIS byasakaje hirya no hino amafoto y’umusirikare wa Syria byafashe bimuzirika ibisasu ku mutwe biramumanika, ndetse birangira aturikiye kuri iyi nyubako yari...
Umutwe wa Islamic State uzwiho ibikorwa by’iterabwoba ku isi yose wagaragaye uri guca ibiganza umugabo mu mugi wa Syria Damascus.
Aba bagabo bari bahishe amasura bafashe umugabo uvugwaho ko ari...
Perezida wa USA,Donald J.Trump yavuze ko umutwe w’iterabwoba wa ISIS uri hafi gutsindwa ubwo yasuraga mu buryo butunguranye ingabo za USA ziba muri Iraq.
Intagondwa zo mu mutwe w’Iterabwoba wa Leta ya Islam [Islamic State] zemeje ko kuri Noheli zishe ziciye imitwe abakirisitu 11 zari zafashe bugwate mu gihugu cya...
Mu mashusho umutwe w’iterabwoba wa ISIS washyize hanze,watangaje ko witeguye guca umutwe ibihangange mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo na Lionel Messi ubwo bazaba bari mu gikombe...
Umutwe w’iterabwoba wa Islamic State wavuze ko uzibasira abafana bazerekeza I Kiev kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid ku wa Gatandatu...
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika cyatangaje ko cyakoresheje bombe nini cyane ipima toni 11 mu kurasa ku barwanyi b’ umutwe witwara kiyisilamu uri ahitwa Nangarhar mu gihugu cya...
Intiti eshatu z’umutwe zakoreshwaga mu ndege zitagira abapilote ( drone) zishwe n’ Abasirikare mpuzamahanga boherejwe kurwanya umutwe wa leta ya Kisilamu ISIS urwanira muri Irake na Siriya....
Umugabo wahawe izina ry’intwari iruta izindi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika Robert James O’Neill nyuma wo kwivugana umuterabwoba Bin Laden yavuze ku itsinda ryishe Abū Bakr...
Umuyobozi w’Umutwe w’Iterabwoba wiyita Leta ya Kisilamu, Abu Ibrahim al-Hashimi al-Qurayshi, yishwe n’igitero cy’ingabo kabuhariwe za Leta Zunze Ubumwe za America muri Syria.
Abu Ibrahim al-Hashimi...
Abantu bagera kuri 18 bishwe kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri mu mujyepfo y’umujyi wa Sinaï muri Misiri mu gitero cyakozwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu ku bashinzwe...
Following a tonic-clonic crisis or great evil, a type of crisis that affects the entire brain, a woman who gives her name Audra who believes travel to hell where she would be damned for...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zagabye igitero cy’akadege katarimo umupilote (drone) ku mutwe wiyita leta ya kisilamu (IS) mu burasirazuba bwa Afghanistan, zica intagondwa imwe yo muri uwo mutwe,...
Umutwe w’iterabwoba wa leta ya kiyisilamu waraye ushyinguye abategetsi bawo batatu, baguye mu bitero bibiri leta zunze ubumwe za Amerika yagabye mu burengerazuba bwa...
Kuva yagera ku butegetsi Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yagiye aganira n’ abayobozi bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi barimo abakuru b’ ibihugu n’ abandi. Ikinyamakuru...
An American Catholic priest who was freed from ISIS by Kurdish fighters in May, revealed for the first time that he had hidden his Bible in his anal cavity for more than 38 months to save it from...
The Ebola virus has reared its head again, this time in the Democratic Republic of Congo. While it is impossible to predict exactly where and when the next outbreak will occur, we now know much...
Burundian President Pierre Nkuruziza is calling for a special regional summit on what he describes as an ‘open conflict’ with neighboring country ‘Rwanda’.
Nyuma yaho President wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump atangarije abanyamerika urupfu rw’umuyobozi wa ISIS yabujije abantu gukomeza gushimagiza Obama ku rupfu rwa Osama Bin...
Uyu wambaye ikote ry’ umukara ni King Jong Un Perezida wa Koreya ya Ruguru
Igisirikare cya Koreya ya Ruguru cyatangaje ko kirimo gutegura uburyo bwo gusubiza Perezida wa Donald Trump wa Leta...